Tags : Rwanda

“World Export Development Forum” bwa mbere muri Africa izabera mu

Inama ya 14 yitwa World Export Development Forum (WEDF) itegurwa na International Trade Centre (ITC) izabera mu Rwanda hagati ya tariki 16 na 17 Nzeri 2014 nk’uko bikubiye mu masezerano Velentine Rugwabiza umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB yasinyanye na ITC mu ntangiriro z’iki cyumweru. Iyi nama ikomeye ni ubwa mbere izaba ibereye ku mugabane wa […]Irambuye

Kuki ibibazo byacu byakemurirwa i burayi? – Paul Kagame

Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri, Perezida Paul Kagame, uwahoze ari Perezida wa Africa y’Epfo Tabo Mbeki, uwahoze ari Perezida wa Nigeria Olusegun Obasanjo, Ministre Louise Mushikiwabo na Dr Donald Kaberuka batanze ikiganiro ku “Gukemura amakimbirane no kubaka amahoro muri Africa.” Perezida Kagame yavuze ko ibibazo bya Africa bigomba gushakirwa umuti n’abayafrika ubwabo. Muri iki […]Irambuye

Nizeyimana yasigaye wenyine nyuma yo kwihisha mu mwobo n’ibinyogote

Nizeyimana Celestin atuye i Nyarubuye mu karere ka Kirehe i Burasirazuba, yasigaye wenyine mu muryango w’abantu icyenda (9) abana barindwi n’ababyeyi babiri. Yabshije kwihisha mu mwobo w’ibinyogote bimutera amahwa ariko arihangana agumana mo nabyo kugeza Inkotanyi zimugezeho. Jenoside yabaye ari umwana w’umusore w’imyaka 15,  yari umwana wa ba nyakwigendera  Kayinamura Theresphore na Kasirani Tatiana bari […]Irambuye

Tunis: Amavubi yihagazeho imbere ya Libya banganya 0-0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi mu mukino w’amajonjora wo guhatanira itike yo kuzerekeza mu gikombe cy’Afurika 2015 wabaye kuri uyu wa gatandatu, i Tunis muri Tuniziya, yanganyije n’iya Libya 0-0. Ibyavuye muri uyu mukino birasa n’aho ari ibitangaza kuko Amavubi yakinaga na Libya isanzwe ifite igikombe cya CHAN 2013, abenshi bakaba batahaga amahirwe Amavubi yo guhagarara […]Irambuye

Umunyamakuru wo mu Rwanda ntakwiye kuba nk’abo mu bindi bihugu

Mu kiganiro cyateguriwe abanyamakuru kuri Gahunda ya “Ndi umunyarwanda” kuri uyu wa gatanu, Ministre w’Ingabo Jenerali James Kabarebe yabwiye abakijemo ko umunyamakuru wo mu Rwanda adakwiye kwitwara nk’abanyamakuru bo mu bindi bihugu bitewe n’amateka u Rwanda rwaciyemo, iyo myitwarire ye kandi ngo ntihungabanya amahame agenga umwuga we. Ni mu kiganiro cyateguwe n’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, […]Irambuye

Inama y’abantu 3 000 bakomeye muri Africa izasigira byinshi u

Inama nkuru y’abanyamuryango ba Banki ny’Afrika itsura amajyambere, BAD, izateranira i Kigali guhera kuwa mbere w’icyumweru gitaha kugeza kuwa gatanu, Amb. Gatete Claver Ministre w’imari n’igenamigambi w’u Rwanda yatanangaje kuri uyu wa 15 Gicurasi ko ari inama ikomeye cyane izasigira inyungu nyinshi cyane ku Rwanda. Ministre Gatete yavuze ko abantu bakomeye mu bijyanye n’ubukungu n’abakuru […]Irambuye

Ibibazo 10 kuri Hon Eduard Bamporiki

Kideyo, inshuti ya Stephano mu ikinamico izwi cyane Urunana, Eduard  Bamporiki, depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umugabo wubatse ku myaka 30 y’Amavuko. Yagiranye ikiganiro cyihariye n’Umuseke muri iyi week end. Intwaro ye ni igishushanyo,  ikimuca intege ni ukwibeshya ku muntu, kugambanira igihugu ni igihombo ku Rwanda, Amahoro niyo mahirwe ya mbere, kwamamara si […]Irambuye

Police yafashe Abashinwa babiri bafite 2.5Kg z’amahembe y’inzovu

Kuri iki cyumweru Police y’u Rwanda yatangaje ko yafashe Abashinwa babiri bagerageza gutambutsa 2.5Kg z’ibice by’amahembe y’inzovu ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.  Aba bashinwa babiri bagerageje guha ruswa umupolisi w’u Rwanda ingana na n’amadorari 85 ya Amerika n’ama Yuan yo mu bushinwa 100 (yose ni asaga 65, 000) ngo abareke batambuke ntiyabakundira […]Irambuye

Ubushinjacyaha bwikomye Mugesera ko abubeshyera ngo bwamwise Imbwa

Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Ubushinjacyaha na Dr. Leon Mugesera ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 08 Gicurasi rwagaragayemo guterana amagambo yuje uburakari hagati y’uregwa n’ubushinjacyaha aho ubushinjacyaha bwamwikomye kububeshyera kumwita Imbwa. Hashize iminsi irenga itanu Mugesera ari mu kiciro cyo kubaza ibibazo abatangabuhamya mu rubanza rwe. Aya magambo yaje akurikiwe […]Irambuye

Leta igiye gufatira imitungo y’abayirimo imyenda y’imisoro ya Miliyari 80

Mu kiganiro ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukusanya imisoro n’amahoro (RRA) cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 08 Gicurasi, bwagaragaje ko itangwa ry’imisoro ritarimo kugenda uko byari bitaganyijwe, bikagaragazwa n’uko mu gihe habura igihe gito ngo umwaka w’ingengo y’imari wa 2013/14 urangire, imibare yo mu mezi icyenda ashize igaragaza ko hari imisoro isaga Miliyari 27 […]Irambuye

en_USEnglish