Tags : Rwanda

Imyaka 8 irashize…Jean Christophe Matata turamwibuka…

“Nyaranja”, “Amaso akunda”, “Mukobwa Ndagowe” n’izindi nyinshi abakuru bakunda muzika baracyibuka bakanakumbura izi njyana z’umuhanzi Jean Christophe Matata, nubwo iwabo hari i Burundi yari umuhanzi ukunzwe no mu Rwanda naho yitaga iwabo, no mu Bubiligi. Yapfuye ku mugoroba wa tariki nk’iyi mu 2011. Yavukiye i Bujumbura mu 1960, ubu aba agize imyaka 58 iyo aba […]Irambuye

Mushikiwabo yatangiye imirimo mishya

Kuri uyu wa Kane nibwo Louise Mushikiwabo wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga mu Rwanda yatangiye imirimo ye ku mugaragaro nk’umunyamabanga mukuru  w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa ufite ikicaro i Paris. Agiye kuri uyu mwanya asimbuye Umunya Canada Michaëlle Jean wasoje manda ye ya mbere y’imyaka ine (4) nk’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango agatsindwa amatora yo kongera […]Irambuye

Umwanditsi, umuhanzi, ‘umuyobozi’ arashaka no kuba Miss Rwanda

Munezero Lisa Adeline yanditse igitabo yise “Umwana Nyamwana”, asanzwe ari n’umubyinnyi w’indirimbo nyarwanda, akaba n’umwe mu bagize komite y’urubyiruko ku rwego rw’igihugu, inzozi ze ni ukuba Minisitiri, ubu ariko arashaka kuba Nyampinga w’u Rwanda 2019. Ni umukobwa w’ imyaka 20, ibilo 71 n’ uburebure bwa 1,75m, umwaka ushize nibwo yarangije amashuri yisumbuye muri Siyansi i […]Irambuye

Jay Polly yafunguwe, umwana n’umugore bamwakirana urukumbuzi

Umuraperi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly wari warakatiwe amezi atanu y’ igifungo azira gukubita akanakomeretsa umugore we yarangije igifungo cy’amezi atanu, asohoka muri gereza muri iki gitondo cy’Ubunani yakiriwe n’uyu mugore we n’umwana n’abandi bantu barimo inshuti. Uyu munsi saa tatu za mu gitondo nibwo yarekuwe asaohoka muri Gereza ya Kigali i Mageragere. Yabwiye […]Irambuye

2019: Fireworks n’i Bumbogo bwa Nkuzuzu

 ‘Fire works’ zamaze iminota hafi 15 kuri Kigali Convention Centre, niko ibi bishashi bituritswa mu gihe cy’ibyishimo byanazamukaga kandi ku misozi ya Kigali, Rebero na Bumbogo, byatumaga benshi babireba biyamirira. Ni 2019, umwaka abazima bizeyemo ibyiza, abakene bizeyemo amaronko, abarwayi bizeye mo gukira, abakize bizeyemo kongera. Ni umwaka mushya. 2018 wabaye umwaka wabayemo byinshi, Perezida […]Irambuye

RSSB imbere ya PAC yabajijwe iby’abakozi bajya muri “Pansiyo” bagasanga

*Miliyari 16 Frw abakozi bizigamira abakoresha ntibayagejeje muri RSSB, 45% by’aya ni aya Kaminuza Abadepite bashinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo wa Leta (PAC) bababajwe no kuba hari abakozi bakatwa amafaranga y’ubwiteganirize ku mishahara, ariko ntagezwe mu kigo cy’ubwiteganyirize (RSSB). Gatera Jonathan yavuze ko n’ubu hari abakozi bajya mu kiruhuko k’izabukuru bajya kubaza “Pansiyo” bagasanga nta […]Irambuye

Ubuyobozi bwa Rayon bwatumije inama y’intekorusange yo gucoca ibibazo

Ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League 2016-17’ Rayon sports ntabwo iri mu bihe byiza muri aya mezi. Nyuma yo gufata umwanzuro wo guhagarika abatoza batatu bayo, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatumije inama y’inteko rusange idasanzwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 11 Kamena 2018 nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports […]Irambuye

Karongi: Umuyobozi w’ishuri yakubitiwe imbere y’abanyeshuri!!

Ikimutangaje kandi kimubabaje ni uko uwabikoze ari umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ariko akaba atarabibazwa nyuma y’ukwezi akoze ibi. Ubuyobozi bw’Akarere bumaze ibyumweru bitatu ngo bubikoraho iperereza. Abarimu bavuga ko uyu muyobozi  atari ibi gusa yakoze. Mu masaha y’igitondo ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri abanza cya Gataka mu murenge wa Mubuga Hitumukiza Robert ushinzwe uburezi mu […]Irambuye

Amb. Nduhungirehe yamaganye ifungurwa rya ba 'ruharwa' batarangije igihano

Kuri uyu wa mbere imiryango y’ibihugu bikorera mu Rwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere, Olivier Nduhungirehe, Umunyamabanya wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko igiteye inkenke ari ukuba Urwego rwashyizweho ngo rusimbure Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku Rwanda (TPIR), rufungura ba ruharwa bahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Nduhungirehe yavuze […]Irambuye

Nyaruguru: Abaturage 4 bakomerekejwe n’abakekwa ko ari 'amabandi'

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere tariki 11, mu mudugudu wa Cyamutumba, akagari ka Mukuge mu murenge wa Ngera, Nyaruguru, abantu bitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abaturage basahura n’ibikoresho bya bamwe. Bane muri aba bakomerekejwe bikabije bari mu bitaro bya Kabutare mu karere ka Huye. MUKANKUSI Valentine, NSENGIYUMVA Emmanuel na bagenzi babo, ubwo […]Irambuye

en_USEnglish