Tags : Rwanda

Alexia umunyamahoro umunyamurava, adusigira agahinda n’amasomo

Inkuru mbi mu ijoro ryakeye yatunguye abakurikirana iby’imideri mu Rwanda, aba bose cyangwa benshi baramuzi Alexia Uwera Mupende, ndetse yari yarabatumiye mu bukwe bwe tariki 16 Gashyantare, ariko uyu mukobwa bavuga ko yari umunyamahoro, uw’ituze kandi ugira umurava uyu wa kabiri ntiyawurenze, niwo wari umunsi we wo kugenda, agenda aciye inzira yababaje abakoranye na we […]Irambuye

Ubumenyi rusange bwa Cyiza Vanessa ushaka kuba MissRwanda

Aba mu mugi wa Kigali mu karere ka Gasabo, yatsindiye guhagararira Intara y’Amajyepfo, yasuye Umuseke mbere yo kujya mu mwiherero asubiza bimwe mu bibazo rusange n’ibireba u Rwanda ashaka kubera itara. Abakobwa bemererwa guhatanira kuba Miss Rwanda baba bari hagati y’imyaka 18 na 25 kandi barize nibura amashuri yisumbuye (humanities) atuma umuntu aba akerebutse mu […]Irambuye

MissRwanda2019: Umurungi Sandrine nawe yasubije ibi bibazo

Nawe atuye mu mujyi wa Kigali, akarere ka Kicukiro aza muri Miss Rwanda yiyamamarije mu Ntara y’ Amajyepfo aratambuka. Kimwe na mugenzi we nawe yadusuye tumubaza kuri ibi bibazo by’ubumenyi rusange. Sandrine yize amashuri abanza i Kigali, ayisumbuye ayarangiriza i Nyagatare ubu yiga itangazamakuru muri kaminuza ya Mount Kenya. Umuseke: Nyampinga bisobanuye iki? Sandrine: Nyampinga […]Irambuye

Kicukiro: Umunyamideri Alexia Mupende yishwe atewe icyuma

Alexia Uwera Mupende umunyamideri w’imyaka 35 yishwe atewe icyuma ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri mu rugo iwabo mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Nyarugunga Akagari ka Kamashashi Umudugudu w’Indatwa. Birakekwa ko yishwe n’umukozi wo mu rugo rwabo wahise atoroka. Bunyeshuri John umwe mu nshuti kandi wakoranye na Alexia Mupende mu bijyanye no kumurika […]Irambuye

Umuhanda Kazo – Mutenderi urimo gusenyuka utaramara umwaka wubatswe

*Akarere ngo kabuze amafaranga yo kuwubaka uko bikwiye Umuhanda Kazo – Mutenderi mukarere ka Ngoma ubu watangiye gusenyuka mu gihe utaramara umwaka urangije kubakwa. Abawukoresha bavuga ko bitewe n’uko wubatswe nabi ndetse amazi awuvaho ari gusenyera abawuturiye kuko nta miferege itunganye ufite. Ubuyobozi ngo bugiye kugarura uwawubatse awukore neza. Ni umuhanda w’igitaka wa 16Km uhuza […]Irambuye

P.Kagame na Mme bakiriwe na ‘Empereur’ w’Ubuyapani

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Mme Jeannette Kagame bageze i Tokyo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera ubuhahirane n’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. Nirwo ruzinduko rwa mbere Perezida akoreye mu mahanga muri uyu mwaka mushya. Yakiriwe n’abayobozi banyuranye ndetse n’Umwami w’abami w’iki gihugu. Itsinda ryaherekeje Perezida Kagame ririmo ba rwiyemezamirimo bazaganira na bagenzi babo uko […]Irambuye

Nyamagabe ntibirarangira… uwari Gitifu w’Akarere yakatiwe gufungwa

Mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Nyamagabe Urugereko ruburanisha ibyaha bimunga ubukungu bw’igihugu mu masaha ya saa saba rwahamije ibyaha bibiri Twayituriki Emmanuel wahoze ari Umunyabanga Nshingwabikorwa w’aka karere ndetse n’uwari umunyamabanga we ahamwa no kuba ikitso, bahanishwa gufungwa umwe imyaka ine undi umwe. Hashize igihe kinini hari ibibazo mu buyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe byatumye uwari […]Irambuye

Umugi wa Byumba wakeka ko wimutse, inzu nyinshi zafunzwe

Gicumbi – Kuva uyu munsi mu gitondo inzu z’ubucuruzi nyinshi mugi wa Byumba zirafunze, iziri gukora ni amagorofa macye  ari muri uyu mugi. Ubuyobozi burasaba abafungiwe kubaka izigezweho, bamwe bavuga ko badafite ubwo bushobozi. Ejo nibwo igikorwa cyo gufunga inzu z’ubucuruzi zimwe na zimwe cyatangiye, uyu munsi nibwo mu mugi wa Byumba wakeka ko abawubamo […]Irambuye

APR yambereye umubyeyi – Sugira Ernest

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi  na APR FC Sugira Ernest wari umaze umwaka n’amezi ane(4) adakina kubera imvune yongeye kugaruka mu kibuga kuri uyu wa kane nubwo yagarutse ikipe ye igatsindwa. Auvga ko APR yamubereye umubyeyi mu bihe bibi avuyemo. Hari mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampionat bakiriyemo Mukura, Sugira yawukinnye iminota 22 yinjiye […]Irambuye

Mukura yatsinze APR FC mu mukino wa mbere wa 2019

Mukura Victory Sport et Loisir ikomeje gushimangira ibihe byiza irimo mu Rwanda no mu marushanwa nyafurika, kuri uyu mugoroba yatsinze APR FC igitego kimwe ku busa mu mukino w’ikirarane yari yaje gusuramo APR i Kigali. Mukura niyo kipe ishoboye gukura amanota atatu kuri APR FC muri iyi Shampiyona kugeza ubu. Mukura yabanjemo umunyezamu wa gatatu […]Irambuye

en_USEnglish