Tags : RPF

I Nyaruguru biteguye kwakira Kagame ukomeje kwiyamamaza mu Majyepfo

Ku isaha ya saa 8h00, abaturage ba Nyaruguru bamaze kugera kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi. Barararirimba indirimbo zisingiza ibikorwa by’ubutwari bya Perezida Kagame Paul. Nyuma yo kugera mu karere ka Ruhango na Nyanza ku wa gatanu aho yatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza, Kagame Paul umukandida wa RPF-Inkotanyi arakomereza ibi bikorwa […]Irambuye

Perezida utorwa ni umwe, uzatsindwa azemere – Abaturage

Ikibazo cy’imvururu zikurikira ibyavuye mu matora cyakunze kuvugwa henshi muri Africa, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda isaba abayobozi kwigisha neza abaturage kwemera ibyavuye mu matora nk’uko Prof Mbanda Kalisa uyobora iyi Komisiyo aherutse kubitangariza i Muasanze, Umuseke wabajije abaturage ba Rulindo icyo bavuga kuri iyi ngingo, bavuga ko bazi gutora neza, kandi bizeye umutekano w’u […]Irambuye

Muhanga: MINIJUST yashyikirije  Abunzi amagare bemerewe na Kagame

Minisiteri y’Ubutabera ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga, bashyikirije Abunzi amagare bemerewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo uru rwego rw’Abunzi rwizihizaga  isabukuru y’imyaka 10 rwari rumaze rugiyeho. Ku ikubitiro Abunzi 147  ku rwego rw’Akagari n’Imirenge bigize Akarere ka Muhanga, nibo bashyikirijwe amagare  bahawe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame mu mwaka wa 2010. Bamwe mu bunzi […]Irambuye

Ikigo kimwe kizashingwa gushakira abakozi Leta bitarebwe neza cyazaba indiri

Senateri Tito Rutaremara, wabaye Umuvunyi wa mbere w’u Rwanda, avuga ko kuba Komisiyo y’Abakozi ba Leta na Minisiteri y’Abakozi batekereza gushyiraho Urwego ruzafasha Leta kubona abakozi ari byiza, ariko agasaba ubushishozi ngo rutazaba indiri ya RUSWA. Ubwo Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’abaturage muri Sena yagezaga ku nteko rusange y’Abasenateri isesengura yakoze […]Irambuye

Kicukiro: Abafundi bahangayikishijwe n’abo bakorera bakabambura

Mu nama y’ihuriro ry’abafundi, ababaji, n’abanyabukorikori (STECOM-Kicukiro) yabahuje ku cyumweru, bagaragaje impungenge batewe n’uko bamwe mu babaha akazi babambura cyangwa bagata imirimo bakoraga. Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yabasabye kujya bagirana amasezerano n’ababaha akazi. Iyi nama yateguwe na Cellule Specialisee ishinzwe ubwubatsi muri FPR-Inkotanyi, abanyamuryango ba STECOMA-Kicukiro babanje guhabwa amasomo ajyanye n’amahame ya FPR n’amateka yayo. […]Irambuye

Kicukiro: Abafundi bakomerewe no kutabasha kwiyubakira inzu i Kigali

Kuri iki cyumweru abafundi bahuriye muri Sindika y’Abakora mu bwubatsi, ububaji n’Ubukorikori (STECOMA) mu karere ka Kicukiro, baganiriye ku bibazo by’ingutu bibugarije, bagaragariza Dr Jeanne Nyirahabimana uyobora Kicukiro ko bigoye ku mufundi kugira ngo abe yakwiyubakira inzu mu mujyi wa Kigali. Abanyamuryango ba STECOMA Kicukiro basabwe gufasha Leta kurwanya akajagari mu myubakire bagendeye ku kuba […]Irambuye

Mutabaruka w’imyaka 94 yabonye Leta zose, FPR ngo ni yo

Mu muhango wo kurahiza bamwe mu baturage bo mu murenge wa  Gahanga mu  Karere ka Kicukiro, kuba abanyamuryango ba FPR Inkotanyi, umusaza w’imyaka 94 y’amavuko, Stanislas Mutabaruka na we uri mu banyamuryango bashya barahiye, yatangarije Umuseke ko Leta zose zabayeho mu Rwanda yazibonye, ngo FPR ni yo yakuyeho urwikekwe mu Banyarwanda bari barabaswe n’amoko. Uyu […]Irambuye

Remera: Urubyiruko rushya rwinjiranye imihigo muri RPF-Inkotanyi

Urubyiruko rushya 28 rwo mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo rukora mu byiciro binyuranye rwarahiriye kwinjira muri RPF-Inkotanyi rwiyemeje gutanga imbaraga zarwo mu kugeza igihugu ku ntego z’iterambere cyihaye. Kuri uyu wa gatandatu, urubyiruko rurimo abakozi mu bigo binyuranye, abakozi bo mu rugo, Bakarani-ngufu, n’abandi banyuranye barahiriye kwinjira mu muryango RPF-Inkotanyi no kuwukorera. Mbere […]Irambuye

Dr Mukankomeje Urukiko rumukatiye gufangwa iminsi 30 by’agateganyo

Kuri uyu wa gatanu, mu isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha Dr Rose Mukankomeje umuyobozi Mukuru w’ikigo REMA, akurikiranyweho n’ubushinjacyaha, urukiko rumukatiye gufungwa iminsi 30 by’agateganyo. Ku isaha ya Saa tanu n’iminota itanu nibwo abacamanza bari binjiye mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo,  basubiramo ingingo z’amategeko ajyanye n’ibyaha Dr Mukankomeje aregwa n’ibyo […]Irambuye

Dr Niyitegeka yaciwe Frw 1,400,000 binemezwa ko adafunzwe binyuranye n’amategeko

*Dr Niyitegeka yabwiye Urukiko ko yagiye muri Gereza kurangiza igihano cy’Urubanza rutabayeho, *Ubushinjacyaha bwo bwavugaga ko hasigaye imyaka 7 kugira ngo uyu mugabo asabe ibyo yasabaga byo kurekurwa agataha, *Umucamanza yavuze ko urega atagaragaje icyemezo gitesha agaciro icyamufatiwe cyo gufungwa imyaka 15, *Uwareze yahanishijwe gutanga ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe n’ibihumbi 400. Ku gicamunsi […]Irambuye

en_USEnglish