Tags : Nyirasafari Esperance

Min. Nyirasafari arasaba abakobwa kumvira inama z’abakuru n’iza Perezida Kagame

Kuri uyu wa mbere Ministeri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yatangije inama mpuzamahanga y’umuryango w’abagide igamije kongerera ubushobozi umwana w’umukobwa. Iyi Minisiteri irasaba abana b’abakobwa bo mu Rwanda kumvira inama z’umukuru w’igihugu n’iz’abandi bantu bakuru kuko baba bafite byinshi babarusha. Ministiri w’Uburinganire n’Iterambere n’Umuryango, Nyirasafari Esperance wagarutse ku nama z’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko […]Irambuye

Uburere bw’umwana bureba ababyeyi bombi ntibukwiye gusiganirwa – Min. Nyirasafari

*Ngo hari ibibazo bikunze kugaragara ku bana kubera ababyeyi batabitayeho, *Abagore bakwiye kwita ku burere bw’abana by’umwihariko, uburere bubi bw’umwana ngo nibo byitirirwa. Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango asaba ababyeyi b’abagabo na bo gufatanya n’abagore bakita ku burere bw’abana kuko ngo akenshi usanga uburere ari inshingano ziharirwa ababyeyi b’abagore kandi ngo bose burabareba. Aganira n’abagore abagore […]Irambuye

en_USEnglish