Tags : Musa Fazil Harerimana

“RCS nta muntu uyivamo, tuzaharanira icyayiteza imbere,” Rwarakabije

Ibi byavuzwe na Major Gen Paul Rwarakabije ubwo yari amaze guhererekanya ubushobozi ba mugenzi we umusimbuye kuri uriya mwanya ariwe Brig Gen George Rwigamba wahoze akuriye ingabo mu Ntara y’Amajyepfo. Uyu muhango wabereye aho Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa (Rwanda Correctional Services, RCS) rukorera. MajGen Paul Rwarakabije yijeje abamusimbuye ko azakomeza gukorana na bo bya hafi cyane […]Irambuye

Abarinda Pariki babwiwe ko akazi kabo gakomeye kuko gatunze Abanyarwanda

Mu gusoza amahugurwa y’abarinzi ba pariki 110 yaberaga i Gishari mu karera ka Rwamagana kuri uyu wa 31 Nyakanga 2015, Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu yasabye abarinzi kudakora bagamije guhembwa gusa ahubwo bakumva ko pariki zitunze Abanyarwanda benshi bityo bakirinda guhohotera inyamaswa bazasangamo. Sheikh Musa Fazil Harelimana wari umushyitsi mukuru yavuze ko amahugurwa ari ikintu […]Irambuye

Muhanga: Polisi  yeretse Urubyiruko  Ibiyobyabwenge  isaba ko babyirinda

Kuri uyu wa kabiri Polisi mu Karere ka Muhanga,  yeretse  abanyeshuri ibiyobyabwenge inabasaba ko  birinda  kubikoresha kuko byangiza ubuzima  ndetse bigahungabanya n’umutekano w’igihugu. Iki gikorwa cyo  kwereka abanyeshuri  ibiyobyabwenge, cyahuriranye  no kwizihiza isabukuru y’Imyaka 15 Polisi y’igihugu imaze igiyeho ndetse no  gusoza icyumweru cyahariwe Polisi gisanzwe  cyizihizwa buri mwaka. Kayihura Claver, ushinzwe Community Policing, yari […]Irambuye

Nta weguye kubera impamvu ze bwite, haba hari ibibazo badashobora

15 Mutarama 2015 – Mu kiganiro cya mbere n’abanyamakuru muri uyu mwaka wa 2015 Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye, ibya FDLR, iby’icyerekezo 2020, icy’iterabwoba riherutse mu Bufaransa, ndetse n’icyabayobozi b’uturere baherutse kwegura mu Rwanda ni bimwe mu byo yatinzeho. Kuri iki cyanyuma yavuze ko nta muyobozi wegura ku mapmvu ze bwite ahubwo hari ibibazo baba […]Irambuye

Nta dini riruta irindi imbere y’amategeko – Min Sheickh Fazil

.Yavuze ko amadini yose angana imbere y’urusaku. .Abanya madini ya Gikirisitu nibo bakomeje gutabwa muri yombi. .Avuga ko imizindaro ari iya vuba ntaho yanditse muri Bibiliya. .Abakirisitu bibaza niba Abasilamu n’Abagatorika bo nta rusaku batera Hari kuwa 17 Nzeli 2014 ubwo Minisiteri y’Umutekano mu gihugu, ikigao cy’igihugu cy’Imiyoborere (RGB) na Polisi y’Igihugu bahuraga n’amatorero bayihanangiriza […]Irambuye

Ushatse gucika ubutabera, Isasu rikoreshwa nk’imbaraga za nyuma

Muri Gicurasi harashwe uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, muri Kanama haraswa uwari akurikiranyweho kuroga bamwe mu bayobozi i Gicumbi barimo n’umusirikare mukuru mu ngabo, kuwa gatandatu ushize harashwe babiri mu bajura bishe umuzamu bakaniba i Muhanga, abarashwe bose baguye aho barasiwe kandi babaga bagerageza guhunga ubutabera nk’uko Polisi y’u Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish