Tags : Munyagishari

Abavoka ba Munyagishari bahawe iminsi 6 n’amafrw nk’ayahabwa ‘Direteur Général’

Kuri uyu wa 13 Mata, mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bukurikiranyemo Munyagishari Bernard ibyaha bya Jenoside, Umucamanza yemeje ko iperereza ryasabwe gukorwa n’abunganira uregwa rifite agaciro, gusa atesha agaciro Miliyoni 12 bari basabye bityo ategeka ko bagomba guhabwa ibigenerwa abayobozi bakuru (Directeur Général’) b’ibigo bya Leta. Iminsi 30 bari basabye, Umucamanza yategetse ko bahawe […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko Munyagishari azunganirwa n’Abavoka yanze

Munyagishari ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda kuba yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi; kuri uyu wa 31 Nyakanga yategetswe n’Urukiko kuzunganirwa n’Abavoka yanze ndetse n’ubu yavuze ko adashaka asaba ko batazahabwa dosiye ikubiyemo ikirego cye. Ni umwanzuro wasomwe Ubushinjacyaha budahari ndetse n’Abavoka batagaragara mu cyumba cy’Iburanisha. Mu boherejwe n’Inkiko Mpuzamahanga n’ibindi bihugu kugira ngo baburanishirizwe mu […]Irambuye

en_USEnglish