Tags : MINISPOC

Ku nshuro ya mbere i Gicumbi habereye imyiyereko yo kumurika

Urubryiruko rwo mu karere ka Gicumbi rurasaba ko impano rwifitemo mu kubyina no kumurika imideli zitabwaho n’ababishinzwe barufasha kuziteza imbere, nk’uko babigaragaje mu mwiyereko wa mbere wo kugaragaza imideli no gushaka impano mu buhanzi bakoze. Mu gitaramo kigamije kureba  impano bafite haba mu kwerekana uko babyina, kumirika imideli (fashion), no mu buhanzi, urubyiruko rwasabye ko […]Irambuye

Gicumbi: Abaturiye ku Murindi w’Intwari barasabwa kuhabungabunga

Abaturage bo mu murenge wa Kaniga by’umwihariko abaturiye inzu ndangamurage y’amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda ahazwi nko ku Murindi w’Intwari basuwe n’itsinda ryoherejwe na Minisiteri y’Umuco na Siporo ribasaba kubungabunga aya mateka afite igisobanuro gikomeye ku Rwanda. Aba baturage baganirijwe ku mateka yo kubohora u Rwanda, banakoze imyitozo ngororamubiri aho bakoze siporo yo kwiruka […]Irambuye

Inkwano ikwiye kuba inka imwe y’Inyarwanda mu gihugu hose-Ubushakashatsi/RALC

*Guheeza umuryango, inkwano ihanitse, ‘guhana pase’,…Byugarije ubukwe bwa none, *Rutangarwamaboko avuga ko abantu babaye ba ‘mitimanda’, *Ubwunganizi/ubupfubuzi na byo biri mu bibangamiye ubukwe muri iyi minsi,… Kubana bahutiyeho, abaranga b’iki gihe bakora icyo bise ‘guhana pase’, guheeza umuryango, gushyira imbere amafaranga, kuryamana mbere yo gushyingirana, abasore bijanditse mu mirimo y’ubwunganizi/ubupfubuzi, ba shugadadi na ba shugamami, […]Irambuye

Guteza imbere imikino: P. Kagame ati “N’umupira w’amaguru ntabwo ndaheba”

*Abashinzwe gutera inkunga abafite impano batabikora: Ati “ Izi nzego ndaza kuzimerera nabi” *Yababajwe n’uko mu basohokera igihugu, abayobozi baruta abakinnyi, *Mu mukino w’amagare, yanenze abasoresheje ibikoresho byari bizaniwe abakinnyi… Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’intore zatorejwe mu byiciro bitatu birimo iby’abahanzi, Abanyamakuru, n’abo mu nzego za Sport, yashimiye abafite impano bakomeje […]Irambuye

Muri Kigali Fashion Week hari abakuramo amahirwe yo kwishyurirwa amashuri

Abari gutegura igitaramo kimurikirwamo imideli kizwi nka Kigali Fashion Week giteganyijwe kuba kuwa 27 Gicurasi baravuga ko imiyeteguro irimbanyije. Bakavuga ko uretse kuba urubyiruko rumurika imideli muri iki gitaramo rushobora kuhakura amahirwe yo kumenyekana ngo hari n’abajya bahabonera ubufasha bwo gukomeza amashuri. John Bunyeshuri uyobora abategura Kigali Fashion Week avuga ko ko ibyangombwa byose byamaze […]Irambuye

Kunywana no kubandwa tubigaruye twakongera tukaba umwe-Sen. Narcisse  

*Min Uwacu Julienne abona atari ngombwa kugarura ibi,…Ngo hari Girinka,… Mu biganiro Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’ibibazo by’abaturage yagiranye na Minisiteri y’Umuco na Sport mu gusuzuma ihame ryo kurandura ivangura n’amacakubiri ashingiye ku moko, Senateri Musabeyezu Narcisse yavuze ko hari imihango yakorwaga n’Abanyarwanda bo hambere yacitse kandi yarashimangiraga isano Abanyarwanda […]Irambuye

I Kirehe, APR FC itahanye inota rimwe nyuma yo kunganya

Ku munsi wa 20 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, AZAM Rwanda Premier League,  APR FC yongeye gutakaza amanota kuri stade Gisaka y’ikipe ya Kirehe FC byanganyije ubusa ku busa. Ni umukino wari ufunguye ku mpande zombi buri kipe ishaka gutsinda uyu mukino gusa ikipe ya APR FC ikanyuzamo igasatira cyane kurusha Kirehe FC. Igice […]Irambuye

FERWAFA yahagaritse umusifuzi utarahannye umukinnyi wakubise mugenzi we umutwe nk’uwa

Ishyirahamwe ry’umupra w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse mu gihe cy’ukwezi Samuel Uwikunda umusifuzi wasifuye umukino wahuje APR FC na Mukura VS kuko ngo yirengagije amwe mu makosa yagaragaye muri uyu mukino harimo iry’umukinnyi wakubise umutwe mugenzi we mu buryo bugambiriwe. Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa FERWAFA, iri shyirahamwe rivuga ko muri uyu mukino wabaye kuwa 24 […]Irambuye

MissRwanda 2017: Ikamba ryambitswe Iradukunda Elsa!!!!

Urugendo rwatangiye ari abakobwa 25 baturutse mu ntara enye n’umujyi wa Kigali nyuma baza gutoranywamo 15 bajyanwa mu mwiherero mu karere ka Bugesera, bari babizi neza ko uzambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2017 ari umwe. Iradukunda Elsa ni we ugize aya mahirwe yo kuzatwara urumuri rw’Abanyarwandakazi mu mwaka wa 2017. Abakobwa 15 babanje […]Irambuye

Umuntu wese akwiye kumva ko kuvuga Ikinyarwanda bitagaragaza ubujiji –

Ku wa gatatu w’iki cyumweru nibwo Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ngenga ugira Igiswahili ururimi rwiyongera ku zindi eshatu zari zemewe mu Rwanda, Hon Bamporiki yabajije Minisitiri w’Umuco na Siporo igikorwa ngo Ikinyarwanda kirengerwe. Minisitiri w’Umuco na Siporo avuga ko kuvuga Ikinyarwanda biterekana ubujiji, ko ahubwo umwenegihugu akwiye guterwa ishema no kukivuga. Umushinga w’itegeko ngenga ryemera […]Irambuye

en_USEnglish