Tags : Media for Deaf Rwanda

Abatumva n’abatavuga bakeneye kumenya imigabo n’imigambi y’abakandida

Mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Kanama, abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga baratangaza ko biteguye gutora ariko ko batari kumenya bimwe mu bibanziriza amatora, umuryango uharanira uburenganzira bwabo ugasaba ko abari gutanga ubutumwa bubanziriza amatora muri iki gihe bakwiye kuzirikana ko abafite ubu bumuga na bo bagomba kumenya imigabo n’imigambi y’abahatana kugira ngo bazatore […]Irambuye

Haracyari ibibazo byugarije ku bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga

  Kellya Uwiragiye washinze Umuryango udaharanira inyungu ‘Media for Deaf Rwanda’ wita ku bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga atangaza ko hakiri ibibazo byinshi byugarije abantu bafite ubu bumuga birimo kuba hari abaturage bagifite imyumvire yo kubaheeza bikabagiraho ingaruka mu kubona izindi serivsi z’ibanze mu buzima nk’uburezi, no kudahabwa akazi. Uyu muryango ‘Media for Deaf […]Irambuye

en_USEnglish