Tags : Kivu

Kogera mu kiyaga cya Kivu byahagaritswe by’agateganyo

Nyuma y’aho mu cyumweru kimwe gusa abantu batatu barohamye mu kiyaga cya Kivu bakahasiga ubuzima bagiye koga, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko bwahagaritse mu gihe gito abogera muri iki kiyaga kugira ngo babanze bafate ingamba zo gukumira izi mfu. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi w’Akarere ka Rubavu SINAMENYE Jeremie yatangaje ko iki cyemezo cyafatiwe mu […]Irambuye

Nyamasheke: Kugabanuka kw’isambaza mu Kivu byateye bamwe bajya Uganda

*Imitego itemewe mu Rwanda mu burobyi bw’isamba yitwa Kaningini iri mu yatumye isambaza zibura, *Abajya Uganda ngo bajyana n’abana ba bamwe mu baturanye, *Akarere kahagurukiye iki kibazo cy’imitego itemewe. Nyuma y’uko abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe kinini bataka ko babura isambaza, aho bashinja bamwe mu bayobozi b’abarobyi gukoresha imitego iteme, ubu kubera […]Irambuye

Rusizi: Umukecuru atuye ku kirwa mu nzu imuviira, idahomye, nta

Mu mudugudu wa Budorozo  mu Kagali ka Gihaya, mu murenge wa Gihundwe, umukecuru Bariwabo Jeanette w’imyaka 60 we n’abana be batatu ubuzima burabakomereye cyane. Bari mu nzu y’amabati yatobaguritse, nta bwiherero bukwiye bafite, inzu ntabwo ihomye neza haro aho irangaye, kuri ibi hakiyongeraho no kugorwa no kubona ifunguro rimwe ku munsi. Ubuyobozi bw’Umurenge ngo ntabwo […]Irambuye

Gaze Methane iri mu Kivu ititaweho neza yahitana abasaga Miliyoni

*Gaze Methane n’amafi mu Kiyaga cya Kivu ni umutungo u Rwanda rufite ubyara inyungu; * Isambaza zirobwa cyane mu Kivu zatewemo mu 1959; *Gaze Methane ubu iratanga umuriro w’amashanyarazi wa MW 25; *Iyi gaze ariko ngo idacunzwe neza yateza ikibazo ku baturage basaga Miliyoni ebyiri. Gaze Methane itaragize icyo imarira Abanyarwanda mu myaka itabarika imaze […]Irambuye

Menya Centre yitwa KENYA ku kirwa cya Bugarura i Rutsiro

*Bugarura ni kimwe mu birwa bituwe biri mu kiyaga cya Kivu; *Uvuye i Rubavu n’ubwato ugenda isaha n’igice ukahagera *Kuri iki kirwa hari i-centre y’ubucuruzi bita ‘Kenya’ kuva mu myaka ya za 80. *Batatu bahise iri zina bose baracyariho Centre yitwa Kenya urebye niwo murwa mukuru w’ikirwa cya Bugarura, giherereye mu Kagari ka Bushaka, Umurenge […]Irambuye

Amazi ya Kivu atera indwara ya Schisostomiasis -Dr Kanyankore William

Dr Kanyankore William ukuriye ibitaro bya Gisenyi avuga ko hari abarwayi bamwe bakiri bacye cyane ariko bagaragaza ibimenyetso bw’indwara ya  Schisostomiasis iterwa no kunywa amazi adatetse avomwa mu Kiyaga cya Kivu. Uyu muganga avuga ko iyi ndwara nta muntu irica ariko itera abantu kurwara indwara zica nk’umwijima, kurwara indwara zifata amaso n’izindi. Muganga Kanyankore avuga ko iyi […]Irambuye

en_USEnglish