Tags : Jimmy Mulisa

Jimmy Mulisa ntiyiteguye gusaba akazi k’umutoza mukuru w’Amavubi

Amavubi amaze amezi abiri adafite umutoza mukuru. Jimmy Mulisa wagiriwe icyizere cyo kuyitoza by’agateganyo, ntiyiteguye gutanga ibaruwa isaba guhabwa iyi kipe mu gihe kirambye. Tariki 18 Kanama 2016, ni bwo byamenyekanye ko umunya- Irlande Johnny McKinstry yirukanwe ku mwanya w’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi. Mu gihe Amavubi yiteguraga umukino wa Ghana, wa nyuma mu matsinda […]Irambuye

Kujya gukina iburayi bisaba gukora cyane no guhozaho – Jimmy

Mu myaka yo ha mbere abakinnyi b’abanyaRwanda beza bajyaga ku mugabane w’iburayi gukina nk’ababigize umwuga, ariko ubu umubare w’abagera kuri urwo rwego waragabanutse cyane. Byatewe n’iki? Ese abakinnyi b’abanyaRwanda ni iki bakora ngo bajye barambagizwa n’amakipe akomeye? U Rwanda nicyo gihugu kidafite abakinnyi bakina nk’ababigize umwuga ku rwego rwo hejuru, wenda nko ku mugabane w’iburayi. […]Irambuye

Mu myiteguro ya CHAN, Rwanda B yatsinze Rwanda A

Kuri iki cyumweru tariki 03 Mutarama 2016 Umuseke wasuye ikipe y’igihugu Amavubi, aho iri gukorera umwiherero mu karere ka Rubavu. Ni mu gihe habura iminsi 12 ngo igikombe cya Afurika gihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo, CHAN 2016 itangire mu Rwanda. Umutoza w’iyi kipe avuga ko afite abakinnyi beza benshi ku buryo guhitamo 23 azifashisha […]Irambuye

Jimmy Mulisa ‘yagizwe’ umutoza mukuru wa Sunrise FC

Uyu mugabo wahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu na APR FC amakuru agera k’Umuseke aremeza ko yamaze kugirwa umutoza mukuru wa Sunrise FC, ikipe y’Intara y’Iburasirazuba iba i Rwamagana. Jimmy Mulisa wavuye muri APR FC mu 2005 akerekeza mu Bubiligi aho yahereye mu ikipe ya Mons akaza gukinira n’andi makipe agera ku icumi mu Burayi na […]Irambuye

en_USEnglish