Tags : IGP Gasana

Abana bo ku muhanda bagiye gushyirwa mu bigo bidatinze

Kuri uyu wa kane, mu nama ikomeye yahuje Abaminisitiri batanu baganira ku ngamba zafatwa mu kurinda umwana, by’umwihariko yigaga ku bana bo ku muhanda, yafashe umwanzuro wo kujyana aba bana mu bigo mu gihe cya vuba, ndetse banzuye ko ababyeyi bagomba kugira uruhare mu kwita ku bana babo, ariko n’abana bakamenya inshingano zabo ku babyeyi. […]Irambuye

Gutwika amashyamba bihangayikishije ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba

Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru y’ikibazo cyo gutwika imisozi n’amashyamba mu karere ka Ngoma mu ntara y’Uburasirazuba, gusa iki kibazo cyafashe intera ngo kuko byakwiriye intara yose, Ha 400 zimaze gutwikwa n’abataramenyekana. Ibi byahagurukije ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba bukaba butangaza ko iki kibazo kirimo kwiyongera ngo bikaba biteye impungenge nubwo harimo gushakwa umuti. Abaturage mu karere […]Irambuye

Abarinda Pariki babwiwe ko akazi kabo gakomeye kuko gatunze Abanyarwanda

Mu gusoza amahugurwa y’abarinzi ba pariki 110 yaberaga i Gishari mu karera ka Rwamagana kuri uyu wa 31 Nyakanga 2015, Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu yasabye abarinzi kudakora bagamije guhembwa gusa ahubwo bakumva ko pariki zitunze Abanyarwanda benshi bityo bakirinda guhohotera inyamaswa bazasangamo. Sheikh Musa Fazil Harelimana wari umushyitsi mukuru yavuze ko amahugurwa ari ikintu […]Irambuye

Rubavu: Ubujura bwo gutobora inzu buhangayikishije abaturage

Mu mirenge ya Rubavu na Gisenyi haravugwa ubujura bukabije bwibasira abaturage. Abaturage bo mu kagali ka Murara mu murenge wa Rubavu bavuga ko bibasiwe n’ubujura bwo gutobora inzu, naho mu murenge wa Gisenyi, ababajura biiyise ‘Abuzukuru ba Shitani’ bambura abaturage amafaranga na Telefoni. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rubavu, Mme IMANIZABAYO Clarisse avuga ko hashyizweho ingamba […]Irambuye

en_USEnglish