Tags : Gicumbi district

Gicumbi: Ngo aho batangiye gufashwa na ‘Word Vision’ imibereho yarahindutse

Abatuye mu mirenge ya Mukarange, Kaniga, Rushaki, Bwisigye na Shangasha yo mu karere ka Gicumbi baravuga ko mu myaka 17 bamaze bakorana n’Umuryango w’Abanyamerika witwa ‘Word Vision’ hari byinshi byahindutse mu mibereho yabo. Bavuga ko hari benshi bubakiwe inzu, abahawe inka, abigishijwe kwihangira imirimo babinyujije mu masomo y’imyuva, abandi bagafashwa kwishyurirwa abana babo amashuri. Nikobahoze […]Irambuye

Gicumbi: Ab’i Shangasha, Bwesige, Giti barabona amapoto…n’amashanyarazi barizeye

Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Shangasha, Bwisige, Nyamiyaga na Giti yo mu karere ka Gicumbi baravuga ko bamaze kwizera ko bazagezwaho amashanyarazi kuko bimwe mu bikoresho bizayabagezaho nk’amapoto  byamaze kuhagera. Bavuga ko hari imwe mu mirenge yagejejweho amashanyarazi ariko mu bice byo mu misozi miremire by’icyaro bagicana udutadowa. Kamana Bedier utuye mu murenge […]Irambuye

Gicumbi: Hangijwe ibiyobyabwenge bya miliyoni 15 Frw

*Abana 14% babaye imbata z’ibiyobyabwenge, 52/% bagerageje kunywaho… Kuri uyu wa 06 Nyakanga mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri ibi biyobyabwenge harimo Kanyanga ikunze kugaragara muri aka gace. Muri iki gikorwa cyanatangiwemo impanuro, urubyiruko rwasabwe guca ukubiri no kunywa […]Irambuye

Gicumbi: Byari ibyishimo bidasanzwe mu Gitaramo cyo Kwibohora

Mu murenge wa Rubaya ahabumbatiye amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda, Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nyakanga haraye habaye igitaramo cyo kuzirikana ubutwari bwaranze ingabo zarurwanye. Byari ibyishimo mu baturage bagaragaje ko ibyo bamaze kugeraho babikesha intwari zatanze imbaragza zazo zimwe ziakanemera gutanga ubuzima. Aha i Rubaya hafi y’umupaka wa Gatuna uhuza u […]Irambuye

Gicumbi: ‘Abahwituzi’ barifuza indangururamajwi mu gihe cy’amatora

Abasanzwe bakora umurimo wo gukangurira abantu kwitabira gahunda za Leta bazwi ku izina ry’Abahwituzi (I Gicumbi) baravuga ko kugira ngo akazi kabo kagende neza mu gihe cy’amatora bazahabwa indangururamajwi (megaphone) kuko basanzwe bakoresha umunwa. Aba bakunze kumvikana mu rukerera bagaruka ku bikorwa bya Leta biba biteganyijwe kuri uwo munsi, mu murenge wa Byumba bavuga ko […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko n’abo mu kiciro cya I bahawe igishanga cya

Mu cyumweru cyahariwe ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda (Army Week) mu karere ka Gicumbi hatunganyijwe igishanga cya Gatuna cya hegitari 8 gihita cyegurirwa urubyiruko n’abaturage bari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe kugira ngo biteze imbere. Iki gishanga cya hegitari umunani (8ha) cyahawe aba batuye hafi y’umupaka wa Gatuna kugira ngo biteze imbere babinyujije mu buhinzi bazakorera […]Irambuye

Gicumbi: Haracyari abana 4 775 banze gusubira mu ishuri

Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi buvuga ko mu bana 6 378 bari barataye ishuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye hamaze kugaruka 1 603 gusa, mu gihe abandi 4775 binangiye. Kuri uyu wa 24 Mata muri aka karere hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga bw’uburezi bwitezwemo kugabanya umubare w’aba bana bataye ishuri. Ubushakashatsi buherutse kugaragaza ko muri aka karere ka Gicumbi […]Irambuye

Gicumbi: Bamwe ngo si bo barose ibiruhuko birangira kubera imirimo

Kuri uyu wa 18 Mata, mu gihugu hose abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye batangiye amasomo y’igihembwe cya Kabiri cy’umwaka w’amashuri wa 2017. Bamwe mu bana bo mu karere ka Gicumbi baravuga ko atari bo barose basubira ku ishuri kubera imirimo ivunanye bakoreshwaga. Kujya gusenya/ Gutashya, kujya kuvoma inshuro nyinshi, kwahira ubwatsi bw’amatungo rimwe na […]Irambuye

en_USEnglish