Tags : Dr Mukeshimana Geraldine

Uganda, S. Africa ni byo bigira umusaruro munini w’amata  muri

Mu gutangiza imurikagurisha mpuzamahanga ku mata n’ibiyakomokaho riri kubera I Kigali kuva kuri uyu Gatatu, bagarutse ku mukamo ugenda uboneka mu bihugu bigize umugabane wa Afurika aho Uganda na Afurika y’Epfo byagaragajwe nk’ibiyoboye ibindi mu mukamo munini. Muri iri murikagurisha ryahawe insanganyamatsiko igira iti “African dairy begin here”, abashakashatsi ku musaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi […]Irambuye

Nyagatare: Hasojwe ibikorwa bya AERG/GAERG WEEK 2016

Mu murenge wa Karangazi, Akarere ka Nyagatare mu Ntara y’Uburasirazuba, kuri iki cyumweru tariki 03 Mata 2016 ubwo urubyiruko rugize AERG na GAERG rwasozaga bya AERG/GAERG 2016,  Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yabashimiye ubutwari bwo kutemera gupfa. Geraldine Mukeshimana ati “Mbashimiye ubutwari bwo kutemera gupfa, aho mugeze ntimugipfuye, mukomeze mwishyire hamwe.” Hari mu ijombo rye ubwo yashimaga […]Irambuye

U Rwanda rurakira inama yo kurwanya imirire mibi n’inzara

*Abana b’ababyeyi batize ni bo bagira ikibazo cy’imirire mibi cyane *Leta yatanze Toni 3 000 z’ibiribwa ku bantu bahuye n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere *Ibihugu 32 muri Africa ngo biri guhabwa imfashanyo y’ibiribwa iturutse hanze kubera inzara Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri mu kiganiro n’abanyamakuru cyo gutegura inama mpuzamahanga izigirwamo uburyo bwo kurandura inzara  izabera […]Irambuye

Ifumbire mvaruganda nta kibazo iteza ubutaka – Min Mukeshimana

*Abaturage ntibavuga rumwe ku kamaro k’ifumbire mvaruganda, *Hari abavuga ko iyo uyikoresheje ukeza, ubutaha ushobora kurumbya, *Iyi fumbire ngo nta kibazo itera ahubwo isaba ko uwayikoreshe akomeza akuyikoresha. Mu Rwanda, gukoresha ifumbire mvaruganda ntibikunze kuvugwaho rumwe mu bahinzi, ari abavuga ko yica ubutaka, gusa Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, kuri uyu wa mbere tariki 15 Gashyantare, yabwiye […]Irambuye

Mu Rwanda ntawicwa n’inzara, hari ‘abarya ntibahage’- Maiga

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri, Attaher Maiga uhagarariye umuryango wita ku biribwa n’Ubuhinzi (FAO) yavuze ko ubu mu Rwanda nta muntu wicwa n’inzara ahubwo hari imirire mibi kuri bamwe, ibi abihuza na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko u Rwanda rwihagije mu biribwa hagendewe ku bipimo mpuzamahanga, igisigaye ngo ni urugendo rwo kurandura ubukene. […]Irambuye

en_USEnglish