Tags : CHUK

Naguye mu rwobo rwa m 8 ntwite, iyo bitaba imiyoborere

Mukamutesi Irene kimwe n’abandi baturage benshi bo mu karere ka Kirehe yaje i Nyakarambi kumva imigabo n’imigambi bya Perezida Kagame Paul, ubuhamya bwe ni umwihariko, yaguye mu rwobo rwa m 8 atwite inda y’amezi 7 umwana ntiyabayeho ariko we ariho ngo niyo mpamvu yaje gushimira Kagame. We n’imbago ye, Mukamutesi yabashije kugera ku kibuga kiri […]Irambuye

Umugore wahoze arwajwe n’akana ke, yitabye Imana

Vestine Mukamana, umugore udafite undi muryango uretse umwana we w’umukobwa w’imyaka itandatu wahoze amurwaje mu bitaro bya CHUK yitabye Imana mu bitaro bya Kibagabaga saa sita n’iminota 20 kuri uyu wa mbere azize uburwayi bw’impyiko. Inkuru y’uko uyu mugore yari arwajwe n’umwana we yo mu mezi abiri ashize yatumye abantu benshi bahaguruka baramurwaza, baramusura abandi […]Irambuye

CHUK: Inzobere zavuye mu Bwongereza n’Ubudage mu kubaga abantu 27

Inzobere z’abaganga bavuye mu Bwongereza n’Ubudage zigiye kuvura abarwayi 27 bari bamaze igihe kirekire bategereje kubagwa Kanseri, ubushye n’izindi inkovu zidakira. Kuri yu wa kane, ukaba umunsi wa gatatu w’iki gikorwa kirimo kubera mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali “CHUK”, inzobere zari zimaze kubagwa abarwayi 18, mu gihe batenya kubaga abarwayi 27 bitarenze iki cyumweru. […]Irambuye

Ubuzima bwa Nkundimana wakomerekejwe bikomeye n’imvubu bugeze ahakomeye

*Imvubu yamufashe yagiye kuvoma mu kiyaga, ishaka kumushwanyaguza atabarwa agihumeka, *CHUK, yahamaze amezi atatu avurwa, arasezererwa bamuha ‘rendez-vous’ ebyiri zitubahirijwe, etegereje iya gatatu, *Amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100, yahawe n’Ikigega cy’Ingoboka yarashize, ararahanze muri CHUK, agatungwa n’abagiraneza Nkundimana Gratien ukomoka mu Karere ka Nyagatare, umurenge wa Karangazi, Akagari ka Nkoma aratabaza Leta kugira ngo imwiteho […]Irambuye

SFG yiyemeje kwishingira abantu bahura n’impanuka bakabura gikurikirana

Mu nama kuri uyu wa kane tariki 27/3/2014  yahuje  inama njyanama hamwe n’abafatanyabikorwa b’ikigega cy’ingoboka  SGF mu rwego rwo kunoza imikorere yabo, umuyobozi w’icy’ikigo Bernadin Ndayishimiye yatangaje ko gahunda yo kuramira amagara y’abantu ari itegeko ryashyiriweho Abanyarwanda bose muri rusange. Iyi nama yahuje inzego zitandukanye zirimo iz’ubuzima,(abaganga) bahagarariye ibitaro bitandukanye bagera kuri 46 aho  barebereye […]Irambuye

Ndikumana Bodo wa AS Kigali ararembye nyuma y’impanuka ya Moto

Bodo Ndikumana rutahizamu w’ikipe ya AS Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Werurwe yakoze impanuka ikomeye ubwo yari atwawe na moto bakagongwa n’imodoka. Uyu mukinnyi ubu akaba arembeye mu bitaro bya CHUK nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Mwanafunzi Albert umuyobozi wa AS Kigali yabwiye umunyamakuru w’Umuseke kuri uyu mugoroba ko bari kwa muganga, […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish