Tags : Caritas Mukandasira

I Burengerazuba: Buri rugo rurasabwa gutunga ubwiherero bitarenze uku kwezi

Mu rwego rwo gukumira indwara ziterwa n’umwanda zirimo ‘Chorela’ zikomeje kwibasira abatuye mu duce two mu nkengero z’ikiyaga cya Kivu, inama y’Umutekano yaguye y’ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba yafashe icyemezo cy’uko uku kwezi kugomba gushira buri rugo rwo muri iyi ntara rufite ubwiherero. Igenzurwa riherutse gukorwa n’abajyanama b’ubuzima mu ntara y’Uburengerazuba, ryagaragaje ko hari umubare munini w’abaturage […]Irambuye

Miss amaze gutorwa yarampamagaye turavugana – Guverineri Mukandasira

Jolly Mutesi uherutse gutorwa nka Miss Rwanda 2016 yiyamamaje nk’uhagarariye Intara y’Iburengerazuba (nubwo bwose atuye i Kigali). Nyuma yo gutorwa Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba avuga ko uyu mukobwa yamuhamagaye akamubwira ko yifuza ko imihigo ye yifuza kuyitangirira Iburengerazuba. Geverineri Mukandasira w’iyi Ntara yabwiye Umuseke ko bakiriye neza cyane ko Intara yabo ariho Miss Rwanda yaturutse. Nibwo […]Irambuye

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

Rutsiro: Min. Kaboneka yanenze cyane abayobozi batumvikana

22 Nzeri 2014 – Ingaruka mbi z’ubwumvikane bucye hagati y’abayobozi mbere na mbere ngo zigira ingaruka mbi ku baturage. Minisitiri Francis Kaboneka mu muhango wo gutangiza ukwezi kw’imiyoborere ku rwego rw’igihugu, yabwiye abayobozi ko akarere katatera imbere mu gihe  abayobozi bafite ubwumvikane buke. Muri uyu muhango Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko abaturage babona inyungu n’akamaro  […]Irambuye

en_USEnglish