Tags : Besigye

Museveni na Besigye mu biganiro ku bibazo bireba igihugu

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu muri Uganda hatangiye ibiganiro bitaziguye hagati ya Perezida Museveni n’ukuriye abatavuga rumwe na Leta Dr Kizza Besigye. Aba bagabo bombi bamaze iminsi badacana uwaka kubera ibibazo bya politiki batumvikana umurongo wabyo. Amatora menshi y’Umukuru w’igihugu yabaye kuva Museveni yafata ubutegetsi muri 1986 yabaga ahanganye na Besigye ariko uyu agatsindwa, bigakurura amakimbirane mu baturage bamwe […]Irambuye

Uganda: Umuyobozi wa Polisi, Gen Kale Kayihura ntakiburanishijwe mu nkiko

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda, yemeje ko Kale Kayihura, Umuyobozi wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko nyuma yo kwanga kwitaba urukiko kubera ibyaha Polisi ayoboye iregwa byo guhutaza abatavuga rumwe na Leta. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kampala, Aboubakar Jeje Odongo yavuze ko Umukuru wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko, nka we ubwe kubera ko ngo […]Irambuye

Uganda: Urukiko Rukuru rwarekuye Dr.Besigye utavuga rumwe na Museveni

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Dr.Kizza Besigye umuyobozi w’ishyaka FDC ritavuga rumwe na Leta ya Perezida Yoweri Museveni muri Uganda yavuye mu buroko aho yeri agiye kumaramo amezi abiri, icyemezo cyo kumurekura cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwa Kampala. Muri iki itondo Kizza Besigye yazindukiye mu rukiko rukuru rwa Kampala n’urwandiko rusaba gufungurwa. Umuyobozi w’urukiko […]Irambuye

Uganda: Besigye utavuga rumwe na Museveni yatawe muri yombi

Kuri uyu wa kane Kizza Besigye umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe na Leta muri Uganda, (Forum for Democratic Change, FDC),  yatawe muri yombi hamwe na bamwe mu bayobozi b’iri shyaka ritavuga rumwe na Leta. Dr. Kizza Besigye yafashwe na Polisi ndetse n’Umuvugizi w’ishyaka rye Ssemujju Nganda bose bafatiwe mu ngo zabo. Polisi ya Uganda yari yagose […]Irambuye

Uganda: Mbabazi yahisemo kuzahangana na Museveni nk’Umukandida wigenga

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Uganda, ubu akaba afite icyizere cyo kuzatsinda Perezida Museveni akamusimbura ku butegetsi, Amama Mbabazi yatangaje ko noneho aziyamamaza nk’umukandida wigenga mu matora ateganyijwe muri Uganda. Mbabazi, kuri uyu wa gatanu mu rugo iwe Kololo, niho yatangarije iby’uyu mugambi we mushya. Yagize ati “Mu byumweru bitandatu bishize, ibyo mperuka gutangaza byari […]Irambuye

en_USEnglish