Digiqole ad

“Naryamanye n’abagabo 1 000” Crystal Warren

Crystal Warren, umugore w’imyaka 42, ngo nta kindi yitekerereza kenshi mu buzima bwe uretse gutera akabariro, n’ubwo nta mugabo wemewe afite.

We ubwe, yiyemerera ko kugeza ubu amaze kuryamana n’abagabo barenga 1 000, kandi iryo pfa (inyota) ntirirashira. Kenshi ngo aba yibaza umugabo wamutunganira mu buriri.

Christal Warren ku myaka 17 yari amaze kuryamana n'abagabo 40/Photo mirror
Christal Warren ku myaka 17 yari amaze kuryamana n'abagabo 40/Photo mirror

Benshi bakunda kwitiranya gukunda imibonano birenze (sex addiction) ko ari iby’abagabo gusa, nyamara ni ukwibeshya, njye mba nitekerereza ku bitsina umunsi wose” ni amagambo ya Crystal Warren yatangarije ikinyamakuru Mirror cyo mu bwongereza.

Crystal yibera ahitwa Brighton mu majyepfo y’uburasirazuba y’Ubwongereza, n’ubwo yavukiye ahitwa Somerset. Ababyeyi be batandukanye afite imyaka 5 gusa, ubu twakwita uburwayi afite avuga ko ari imwe mu ngaruka zo gutana kwa se na nyina.

Uyu mugore ukora mu bucuruzi nka (gestionnaire de vente au détail), gukundana bifite intego yagiye agira mu myaka 20 na 30 ntibyigeze biramba. Akavuga ko ari ingero mbi yabonye akiri muto.

Ku myaka 15 mu ishuri ryisumbuye ngo nibwo yatakaje ubusugi bwe, kuva ubwo ngo yibaza ko aribwo iryo pfa ahorana ryatangiye, ngo yakomeje kujya aryamana n’insoresore bahuraga, gusa ku myaka 17 yari amaze kuryamana n’abasore 40.

Natekerezaga ko n’abandi bakobwa iwacu nabo bakoraga nkanjye, sinari nzi ko abagabo 40 barenze abo umugore umwe yaryamanye nabo mu buzima bwe bwose, icyo niyumviraga ni uburyohe muri ziriya gahunda” Crystal Warren

Crystal Warren ariko avuga ko igihe cyose yirindaga cyane, kugeza n’ubu ngo ntawuramutera inda, ndetse nta n’ibirwara byandurira muri uriya murimo arahura nazo.

Kuva ku myaka 17 ngo yatangiye kwinjira mu mazu y’urubyiniro, aha ngo yahabonaga benshi bamumara inyota ye, ariko ngo benshi nanone nyuma y’iryo joro ntiyongere kubaca iryera.

Warren yiyemerera ko yaryamanye n'abagabo barenga cyane 1000
Warren yiyemerera ko yaryamanye n'abagabo barenga cyane 1000

Muri week end, ava mu rugo hakeye akajya muri za Café n’utubari gushaka insoresore zo kuzana murugo, ariko ngo inyota ikaguma ari yayindi ku wundi munsi.

Ku myaka 22 ngo yabonye umukunzi, Mark,19. “Twahuriye mu rubyiniro, iryo joro kandi twarararanye, namubwiye uburyo nikundira gutara akabariro, araseka. Nyamara njye nabishakaga inshuro nk’eshanu ku munsi, ntangira kujya mubyutsa hagati mu ijoro ndetse akaba aricyo cyambere dukora mu gitondo, hashize iminsi ambwira ko atabasha kumpa icyo nifuza, nyuma y’umwaka umwe yihangana, yarigendeye kuko ntiyari kumpaza

Mu gihe atari afite umukunzi, ngo byarushijeho gukomera. “Umunsi umwe wankomereye, naryamanye n’abagabo 7 mu masaha 24, byari bikomeye, nari nzi ko inyota ishize, ariko ashwi!”

Ku myaka 24, yimutse aho yavukiye, yerekeza Brighton aho atuye ubu, anahabona umusore w’inshuti wari ufite imyaka 21 ubwo we yari ageze 26.

Uyu musore ngo yaje kumukundira ko bateraga akabariro inshuro 5 ku munsi nta kibazo. Uyu musore ngo yamusanganga ku kazi maze bakihina mu bubiko bwaho bakitunganya.

Ibintu byari byiza cyane igihe cy’umwaka wose, mbere y’uko menya ko uyu munsore yancaga inyuma, byarambabaje cyane, ndetse bituma dutandukana” Crystal

Yikomereje ubuzima bwe bwo gusambana kenshi na benshi, ageze ku myaka 35 yabonye ko bagenzi be bubatse ingo, bafite imiryango, mu gihe we ngo yari amaze kuryamana n’abagabo 400.

“ Iyo nababonaga nabonaga bitangaje, njye ngashishikazwa no kumenyana n’abagabo bashya, cyane cyane insoresore. Sinari ngishaka kujya mu rubyiniro cyangwa aho benshi bateranira, icyo nabaga nishakira ni umugabo ako kanya, kandi sinari nkibabona aho” Crystal Warren

Ipfa (inzara) rye n'ubu ntirigabanuka
Ipfa (inzara) rye n'ubu ntirigabanuka

Ariko nanone mu rubyiniro niho yahuriye n’umukunzi wa gatatu, Mike, ari nawe wanyuma, “ nari mfite imyaka 35, Mike 25, sinashoboraga kumurekura. Naryamanye n’abagabo 1000, ariko akabariro na Mike kari injyanamuntu

Mike ngo barahuzaga cyane. “ Mu myaka ine, nari nziko nabonye umugabo uhaza irari ryanjye. Mike naramukundaga. Ariko kumenyera abagabo benshi nibyo byankozeho. Ntangira kuryamana n’abandi rwihishwa mu gihe cy’umwaka wose

Nyuma Mike ngo yaje kubimenya, maze arababara cyane ndetse bibaviramo gutandukana. Crystal akavuga ko yicuza cyane kuba yarahemukiye Mike.

Uyu mugore (kubera imyaka kuko atarabyara) ngo nawe azi neza ko arwaye iyi ndwara yo kwimariramo gukunda ibitsina, ariko ngo ntabasha kugana abahanga ngo bamuvure kuko imibonano mpuzabitsina imuha ibyishimo no gutuza muri we.

Ubu akaba atakibashije kugenda mu muhanda ahiga insoresore, ahubwo asaba akanabona  uwifuza ko baryamana akoresheje imbuga za interineti. Igitangaje ariko ni uko uyu mugore adakina za filimi z’urukozasoni.

Asoza ubu buhamya bwe yahaye Mirror.co.uk ati: “Ndumva igihe abagabo batangiye kujya bambwir ango OYA aribwo nzahagarika iyi nyota yanjye. Ndabizi ko benshi bumva ko ndi umuntu mubi cyane, ariko rwose munyumve neza, nanjye sinishimiye uko mbayeho uku”.

N'ubu nta kana, ariko nta n'insanganya yahuye naryo mu kwikundira ziriya gahunda
N'ubu nta kana, ariko nta n'insanganya yahuye naryo mu kwikundira ziriya gahunda

Egide REMA
UM– USEKE.COM

0 Comment

  • Uyu mugore akeneye ubuvuzi bwihutirwa kuko ararwaye cyane kabisa.

  • usibye IMANA yo mwijuru naho ubundi wowe warapfuye kandi ukiri muzima,cyakora najye uwakumpa byaba byiza cyane da!!!

  • ingoma zawe ziragahorana imirishyo nicyo nakwifuriza nta kindi wa mugore we w’ubwiza budashira irora n’irongora.

  • azaze murwanda hariho abapfubuzi
    ba mwereke icyo gukora

  • uwakuntiza iyo nyota nkayigiza kuruhande

    • unva man wowe ufite kumupfubya ahubwo akaba yanakurega!!

  • Sha wowe ndumva urusha nisazi noneho, uranyumije.

  • Imana yo mu ijuru yo ishobora byose imutabare,imuvure imukize kandi amenye ko Imana ari Imana yakira akanabihurwa…..

  • isi irarangiye nukuri ubuse yumv yarakoreye iki koko? igihe cyose yabaye muri izo gahunda yasaruye uwuhe musaruro? yewee MANA tabara abana bawe kuko turarimbutse

  • Babyeyi turerera u RWANDA, turebe ingaruka ziterwa no gutana kw’ababyeyi uburyo duhemukira abana. Ntibikabeho iwacu i Rwanda

  • Ariko mumbwire: ibintu bivugwa hanze aha ngo ABAPFUBUZI bibaho koko??? nukuri munfashe munsobanurire niba bibahohano mu Rwanda. Nshimiye unfasha akampa igisubizo.

    • babaho kandi babikora nk’umuga wabo kuko babihemberwa, umugore waje kwipfubuza arishura maze agapfuburwa!!

      • nanjye ndiwe uzanshake nipa wifuza service

  • Mana tabara yaritwemo na satan pe! ariko amenye ko Imana ikimukunda.

  • Imana ijye iturengera pe, kuko Satani akora kwinshi, gusa njye ndumiwe nukuri kuko sinumva impamvu n’uburwayi bwuyu mu damu utagira umwana akaba yarabuze hose nk’ingata imenywe, aha ntacyo nabona nongeraho da

  • ndumva ari danger mudushakire adresse ze byaba email cyangwa tel

  • kany! inaha mura niho bapfumura cyane kurusha abazungu gusa bazungu bo babavuga vuga byose ibyo bakoze ariko inkumi nabasore nabagabo n bagore bina iwacu irwand anabapfumuzi kuburyo umugore iyo umupfumuye ukwamwemeza ntakuvaho aragushakisha niyo yaba yubatse ntaho ubushyuhe butaba gusa hari abarenza bagashyiramo nimbaraga zidasazwe cyane, naho aba typpe birwanda turapfumura cyane

  • Uyu we aranyemeje peeeeeeeeee!!!

  • Ndemeye peeee!!!!!!!!1

  • Nangwa n’uyu avugisha ukuri.Mbese ko ino naho tutoroshye? Reka mabhe urugero tuniyigira utubare: none se iyo umuntu yivugira ko izamugiyemo uzitondekanyije zirenga ikirometero; ubwo niba umugabo igihe afite umurego igitsina cye kiba gifite 20CM, 1km= 100 000cm. 100 000/20=5 000. Orororororrrorororo.., 25.000 hommes!!!!! Ahubwo uyu mugore nagerageze aracyari inyuma cyane

  • Bitch shame on you!!!!!!!! ubwo rero nawe wiyita umuntu!!! uri igisenzegeri,Yesu agukize

    • Ni gute wandika mu nteruro imwe Bitch na Yesu??? Ubu aho Yesu ari yakwishimira iyi mvugo yawe? Imana ikubabarire.

  • abantu nkaba nahano mu rwanda barahari rwose

  • Reka twimenyere Imana tuzajya tunyurwa nuwariwe wese.

  • imana imubabarire na we siwe

  • Muraho neza http://www.umuseke.com,

    mbere na mbere ndabashima mbashimira amakuru y’ingirakamaro mutugezaho iteka. Ndabamenyesha ko jyewe Ingabire-Ubazineza nkurikira kandi mvoma ubumenyi butandukanye kuri runo rubuga. Kandi nyine ndemeza ndashidikanya ko atari jyewe jyenyine uryoherwa n’amakuru anyuranye mwandika…..

    SEXUAL ADDICTION. In fact, this kind of addiction exists everywhere, in every society. So it is wise to assume that, we can find such cases in Rwanda also. So then, there is no need to be arrogant nor to insult the lady. Me myself I find it very courageous of her to go public with her addiction. That first step they call “Unconditional surrendering”, is necessary on the long way of recovery…..

    Psychologically, sexual addiction is a deep longing for love and true understanding….

    And like any other addiction such as alcoolism, sexual addiction is devastating on the long run. To stop the craving desire for permanent sex is almost impossible. The concerned person needs genuine, professional help…..

    For sure, I wish Miss Christal WARREN all the best on her way of recovery. And for me and my countrymen/countrywomen in Rwanda, I wish the capability to think twice about so-called mental disorders….

    MURAKOZE MURAGAHORANA IMANA.

    Uwanyu Ingabire-Ubazineza

  • niba mwibuka neza,hari umugore Yezu yakijije iriya ngeso.ndumva rero ko n’uriya yamukiza ni uko ari isaha itaragera.kdi nkuko mubizi nta muntu n’umwe Imana ishaka guhomba.nge uriya mugore muragije Yezu ngo amuhindure umuhamya w’ibyiza yamukoreye.

  • arwaye icyo bita trouble sexuel
    iyo ndwara hari nabandi bantu nzi bayirwaye

  • Azabaze KIVUGUTO wo muri Campus ya BUTERE amurangire kizakemuka. Ese ubundi kivuguto aba he?

  • Iyi ndwara mu Ki(ru)nyarwanda bayita “IRUBA”
    uwayirwaye ntayikira keretse apfuye!!!!!!Gusa nyine ni hatari.Hari n’abanyarwandakazi bameze gutyo ni uko bo baterura ngo babivuge muri public.

  • Dore umugore nkaba umusore , sha kabisa uyumudamu atege yiyizire kgl , na UK ndabona abagabo baho ntakigenda kabisa , abagabo 1000 umuntu atarabona umwemeza kweli. ariko nawe si igitsina afite kirimo itanura ry’umuriro kandi abihuje nabamwe mu badamu nabakobwa bahano irwanda. hari umuntu ushaka kumenye ibyabapfubuzi witwa KANY , ndabanza i wanna know first if she is a girl or a woman kuko ndabo izina rimeze nk’umuhungu , niba uri umukobwa or umudamu ubushaka mpa number yawe or email adress , then me i get contact u my self .
    thkx

  • ntibizoroha

  • IJAMBO RY’IMANA MURI YESAYA RIRAVUGA RITI YEMWE ABAFITE INZARA NINYOTA NI MUZE KUMAZI MUGURE MUNYWE MUDATANZE IFEZA CYANGWA IKINDI KIGUZI,
    NDEMEZA NEZA KO UYU ARI YESU WAMUKIZA WENYINE GUSA KANDI ABAKOZI B’IMANA BMWEGEREYE BAZAMUSURURE IMANA IZAMUBAHEHO IMINYAGO.

  • Mbonereho akanya ko kubabaza, mbese mu Rwanda umuntu ashobora kubona VIAGRA? Mwandangira ko nyikeneye ngo nyihe inshuti yanjye? mfite impungenge ko nzamurambirwa ngashaka abamfubuzi? Uzi aho nabona VIAGRA hafi andangire. Ndabashimiye.

    • Viagra irabone wowe nyandikira kuri [email protected] maze ngufashe.

    • ndahari uzanshake

    • @ solange! stop viagra from your boyfriend! inama zirahari nyinshi ariko bisaba kumenya ikibazo cye. niba ari erection dysfunction cyangwa se ari psychological problem . ariko niba mubana wowe umuhate ibiryo birimo vitamin C and anti oxydes kuko zigabanya enzym yitwa phosphodiesterase ituma bloods rate peripheral circulation iba ntoya. wanshaka kuri [email protected] nkabaha ubufasha. bye

    • nshuti wizera Imana ko ishobora byose?ni iki gituma uhamagaza drugs aho guhamagara Ishoborabyose?uziko ushobora kubona iyo viagra bikaba bibi kurusha?nshuti va kuri viagra ujye ku Mana maze upfukame uyihamagare maze urebe ukuntu ikwitaba bikagenda neza.nigutetereza uzabimbaze kuko njye nabonye ntakiyinanira.Imana iguhire

  • aha birababaje kuba atigira inama yo kuza kgl, azaze mwereke uko bakemurira abantu ikibazo nkicyo gusa nimbe nawe arerura akabivuga nonese nyira naka wabinyangororeye ni danger.

  • Nukwitabaza abaseseredoti kugirango bamurambikeho ibiganza

  • Imana izamurengere imutabare kandi imurebane Impuhwe Zayo imukure muri uriya mu ijima yaguyemo naho we ntashobora kuhikura.

  • keepit up

  • Satani ni umugome. Gusa Imana imutabare nicyo akeneye.

  • Ahaaaaaaa ndumiwe gusa birababaje azajye kwa muganga.

  • Mwadushakira number or E-mail address kugirango twigerereyo kuko ndumva duhuje ibibazo nanjye ndabikunda cyanee……….

    • Hirwa iyo ndwara ntiyatuma ugeriyo kuko nino umuti urahari rwose kandi ugasubira muri etat normal.call me 0728587924.

  • Solange slt,ikibazo umugabo wawe afite kimeze gite ubusanzwe?niba ari igitsina kidafata umurego donc kwifashisha viagra nibyiza ariko bene iyo miti iri mumuryango wa Neuroleptique kandi ni danger puisque ayifashe wabibona mais par après les effets sécondaires zimanifesta nizibi kuko nokuba ingumba biraza,ikindi cyatera kudafata umurego kwigitsina gabo ni cancer ya prostate,foi,diabete,maladie mental,nizindi,ubwo nabwo wanamenya ko nomubituma biba birtyo hari na stress iterwa nakazi,murugo bitameze neza,kubwirwa nabi nibindi bituma fonctionement du sexe male ikora nabi.call me 0728587924 thx

    • @ Dr eric, just to correct you inama watanze kuri viagra ni nziza pe! ariko ndagira nkukosore ho. nubwo viagra ari mbi kandi ikaba iba mu ma medicaments cardio-vasculaires, ntago viagra ari neuroleptique. habamo sildenafil as activeingredient, qui agit par augmentation du flux sanguin dans la circulation perpherique. Thanks

  • Rubyiruko rwacu, mwibuke ko imibiri yanyu ari insengero z’umwuka wera uwo Imana yashyiriyeho kudu fasha! Mwibuza Roho w’IMANA gukorera muri mwe. Uwakuremye ntiyigeze yibagirwa kukuremera uwo mukwiranye 1 kandi mwiza!!! Igihe nikigera izamugukura mu rubavu ubone muri kumwe isaha nigera kandi ibyo bizaba insuti, abavandimwe n’imiryango BABIREBA!!!

  • SOLANGE,

    Viagra ntabwo ari nziza, muntu yakurangira ubundi buryo, ariko ikibazo ni contact zawe.

  • sinamutera ibuye kuko nanjye ubu maze keryamana n’abagera kuri 500 batandukanye ntabariyemo incuro nabikoze

  • Dennis slt,merci kuri correction,ahanini siyo nari nashatse kuvugaho.uretse ko ntacya ntanga imiti cyane.merci agin dear.

  • yebaba we mbega byiza gusa ntago azigera anyurwa kuko biriya ni ibintu bikorwa nyuma ugasanga ntanikintu cya hindutse ho iya cya shiraga yaza tuza

  • Ni akumiro

  • Bega umugore!! gusa ndabona azagera aho abura n’umurongora nawese .ahaaa arakabije!!!

  • ko asa n’abagabo se! ntabyo mubona?

  • Umukobwa cg umugore ukeneye uwo mupfubuzi amwandikire kuri [email protected] azagufasha rwose kuko afite ubunararbonye. N.B: AGOMBA KUBA YEMERA AGKINGIRIZO CYANGWA KWIPIMISHA VIRUS. cg KIMWE MURIBYO.

  • Solange mana yanjye!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

  • uwo mugore arabeshya ahubwo nikabuhariwe pee! abantu nkabo babaho rwose ahubwo aragirango yandike izina dore ko uwo mugore ntakibazo avuga yahuye nacyo mubuzima bwe please hari impamvu yabikoze kuko bitewe nuko ashobobora no kubikiriramo kubera icyo kinyoma .thnx

  • arareba,ateye nkuroshye

  • ayiweeeeeeeeeeeeeeeeeeee nakumiro pe

  • ukena ufite itungo rikakugoboka da wasanga ubuzima bwaramubihiye

  • NA HANYAGASANI KUKO NO MU RWANDA NKIBIBINTU BYARAHAGEZE URUGERO NKI KIGALI MUREKE D– USENGE DUSHIKAMYE

  • mbere na mbere mbanje kubasuhuza muraho mugira amahoro.njyewe ikinteye kubandikira nuko nagirango mubishoboye akakanya mbandikiye mwangezaho urubuga rwa internet nashobora kwandikiraho uriya mudamu kugirango dushobore kuvugana nawe murunyoherereje rwose mwaba mungiriye neza . murakoze.

  • reka kwiyandarika ushake umugabo umwe mubane kandi wibukeko ibyo ukora Imana itabyemera

  • ahaaaaaaaa.ubwo amaherezo yawe ni ayahe?

  • Ibi ntabwo bitangaje kuko no mubuzima busanzwe bibaho uretse ko uyu we yeruye akabivuga.None se ntimuzi abagore usanga bavuga ko bumva batarara batabonye umugabo ? cyangwa abagabo batarara batabonye umugore? gusa inama natanga ku muntu wese ufite iki kibazo yaba afite umu partenaire cyangwa atamufite, umuti ni uwo gusengera igitsina, ugasaba Imana gutsinda irari ry’umubiri. No mu bihaye Imana abazi ubwenge basengera gutsinda irari ry’umubiri bityo bikabafasha gutsinda urugamba rw’umubiri kuko etre en election birababaza kandi bitsindwa n’abantu bake. Iyo wasenze rero igitsina cyawe gihinduka umubiri usanzwe bityo ukareka ubusambanyi mu bitekerezo no mu bikorwa, ukaba utsinze icyaha utyo.

  • Mana weeeeeeeeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!!mudutabare turashize peeeeee!!!none azagarukira heeee?????

  • ahaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa !

Comments are closed.

en_USEnglish