Digiqole ad

Loni yongerereye igihe MONISCO muri congo

Nyuma yimyaka 12 muri repubulika iharanira demokarasi ya congo MUNISCO ingabo za loni zihamaze byari bitegenijwe ko iyi misiyo irangira muri uku kwezi none loni yayongereyoho undi mwaka .

Ingabo ya MONISCO icunze umutekano(photo intenet)
Ingabo ya MONISCO icunze umutekano(photo intenet)

Muri gahunda ya loni harimo ko FARDC ingabo za congo zaterimbere mugucunga umutekano wigihugu nabagituye. Kuberako loni idahari abaturage ntamutekano baba bafite kubera inyeshyamba nyinshi usanga zibereye mumashyamba ya congo zihungabanya umutekano wabo hano igihangayishije loni ni urugomo ubwicanyi ndetse no gufata kungufu usanga byibasiye  abagore .

Ikindi  kandi ugasanga inyeshyamba ziyongera kubera amabuye yagaciro usanga zicuruza noneho bigatuma intambara idahosha cyane cyane muburasirazuba bwi icyo gihugu . abarenga miriyoni eshanu bamaze kuhasiga ubuzima naho ibihumbi n’ibihumbi ni impunzi .

 

 

Umuseke.com

1 Comment

  • iyo witeereje umusaruro w’izi ngabo za UN n’umubare w’amamiliyali azigendaho usanga ari ntawo barutwa n’abadahari,dore nta munsi fdlr itirenza abanyekongo,bigaragare ko aho kugabanuka byiyongera.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

en_USEnglish
en_USEnglish