‘Fire works’ zamaze iminota hafi 15 kuri Kigali Convention Centre, niko ibi bishashi bituritswa mu gihe cy’ibyishimo byanazamukaga kandi ku misozi ya Kigali, Rebero na Bumbogo, byatumaga benshi babireba biyamirira. Ni 2019, umwaka abazima bizeyemo ibyiza, abakene bizeyemo amaronko, abarwayi bizeye mo gukira, abakize bizeyemo kongera. Ni umwaka mushya. 2018 wabaye umwaka wabayemo byinshi, Perezida […]Irambuye
Rwiyemezamirimo akaba n’umuyobozi w’ikipe yo mu kiciro cya kabiri, Kakoza N. Charles uzwi nka ‘KNC’ yavuze ko ikipe ya AS Kigali niramuka itwaye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda azajya mu ijuru rya Gasogi yambaye ubusa. KNC wari uri mu kabari, yagize ati “AS Kigali niramuka itwaye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League […]Irambuye
Umugabo w’imyaka 52 yapfuye yiyahuye ku cyumweru nyuma y’aho umugore we yanze ko baryamana. Joseph Ojur, yari umuturage w’ahitwa Kabagu muri Njeru, bivugwa ko yabwiye umugore we ko yagiye kwisuzumisha kwa muganga asanga yanduye virus itera SIDA, kuva ubwo umugore we ahita amufatira ibyemezo ku bijyanye no kubonana mu buriri nk’abashakanye. Umuyobozi wa Polisi mu gace […]Irambuye
Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano iheruka umusaza Joseph Habyarimana ari mu byayiranze, ubwo yabwiraga Perezida Kagame ati “Uturi imbere tukuri inyuma haki ya Mungu tugire amahoro”. Uyu munsi uyu musaza uyobora Koperative y’aba DS yagaragaye mu gikorwa cyo kwamamaza Perezida Kagame biteguye i Gikundamvura muri Rusizi. Habyarimana yahise amenyekana cyane kuva burya, uyu munsi yari yishimye […]Irambuye
Inzovu ijya itwara abantu (byo kwishimisha) yishe umuntu wari nk’umushumba wayo muri Pariki yitwa Victoria Fall muri Zimbabwe. Umugabo witwa Enock Kufandanda warebereraga inzovu nyinshi zamenyerejwe abantu, imwe muri zo yamwivuganye kuwa gatandatu. Nta muntu wabonye inzovu yica uyu mugabo ariko Brent Williamson ukora muri iyi Pariki avuga ko bumvise inzovu itera urusaku. Hari abandi […]Irambuye
Ku munsi w’ejo hashize Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yagiranye ikiganiro gifunguye kuri facebook, maze abakoresha uru rubuga nkoranyambaga biva inyuma bamuhata ibibazo birimo n’ibyerekeye ubuzima bwe bwite. Ku ngingo y’uko yamenyanye n’umugore we Margaret Kenyatta yabivuye imuzi avuga ko bamenyaniye mu mashuri yisumbuye. Amaze kubazwa iki kibazo, Perezida Kenyatta yahise agira ati “Iki ni […]Irambuye
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere ubumenyi n’umuco rimaze igihe rishyize umujyi wa Harar wo muri Ethiopia ku rutonde rw’ibigize umurage w’Isi. Uyu mujyi abahanga bawufata nk’ihuriro ry’umuco wa Kisilamu na Kinyafrica ku buryo bawita Mecca y’Africa. Umunyamakuru wa BBC witwa Emmanuel Igunza yazengurutse uyu mujyi wa Harar asanga koko ufite umwihariko mu mateka yawo […]Irambuye
Ibintu byihariye biba mu maraso y’abantu bita Syndrome of Williams-Beuren nibyo bituma usanga abantu bisanzura ku bandi bagahora bisekera bityo bagakundwa n’abantu b’ingeri zitandukanye. Iyi syndrome abahanga bo muri Kaminuza ya Oregon State University muri USA basanze ari na yo iba mu mbwa bigatuma zikunda ba shebuja n’undi wese uzibaniye neza. Abahanga mu binyabuzima bemeza […]Irambuye
Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’intebe wa Kenya ubu uhanganye na Perezida Uhuru Kenya ku mwaka w’umukuru w’igihugu yasabye abayoboke be kutazakora imibonano mpuzabitsina mu ijoro ribanziriza umunsi w’amatora, by’ukwihariko asaba abagore kutazabyemerera abagabo babo. Ibi yabikanguriye abayoboke b’ishyaka ahagarariye ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza, aho yasabye abayoboke be kutazahirahira batera akabariro mw’ijoro ryo […]Irambuye
Bibiliya ivuga ko Umwami Salomon ariwe wanditse igitabo cy’Imigani, Umubwiriza, n’Indirimbo ya Salomon byo muri Bibiliya. Igitabo cy’Abami ba Mbere igice cya 10 umurongo wa 14 havuga ko ubutunzi bwajyaga kwa Salomon bwari byinshi cyane kandi ngo na Zahabu yajyagayo yari nyinshi(1Abami 10:14). Gusa ibi byose ngo bishobora kuba ari ibihimbano Salomon atarabayeho. Umunyamateka wemerwa […]Irambuye