Ni gahunda yo kuvugurura ubuhinzi binyuze mu kubukundisha ababwize bakajya mu muterere bakomokamo gufasha abahinzi baho, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Nsengiyumva Fulgence yavuze ko iyi gahunda igamije kugira ubuhinzi umwuga ukorwa n’ababyize. Kuri uyu wa gatatu nibwo aba barangije Kaminuza mu bifitanye isano n’ubuhinzi ariko ntibahite babona akazi, bakabasha kugira amahirwe yo […]Irambuye
Aganiriza urubyiruko rwitabiriye ihuriro nyafurika ry’urubyiruko “Youth Connekt Africa Summit” ryasoje kuri uyu wa gatanu, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yasabye urubyiruko rwa Africa gukomera ku ndangagaciro zabo aho bajya hose ku isi. Mu kiganiro cyigaga ku ruhare rw’urubyiruko cyane cyane uruba mu mahanga (diaspora) mu kubaka Africa, Minisitiri Mushikiwabo yagendeye ku […]Irambuye
Kuri uyu wa 20 Nyakanga, i Kigali mu Rwanda hatangiye ihuriro ry’urubyiruko rwa Africa yiswe “Youth Connekt Africa” ririmo kuba ku nshuro ya mbere, mu kurifungura ku mugaragaro Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga w’u Rwanda Jean Philbert Nsengimana yavuze hagomba kwigwa ku ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba n’imyanzuro abayobozi ba Africa bagiye bashyiraho. Minisitiri Jean Philbert Nsenyimana yavuze […]Irambuye
Nyabihu – Mutuyimana Adelphine w’imyaka 20 yashatse afite imyaka 19 y’amavuko gusa, kubera ubuzima abona mungo asaba abakobwa kujya barindira bagashaka bafite byibura imyaka 25. Mu Karere ka Nyabihu kubera umuco n’imyumvire y’abahatuye, umukobwa gushaka ataragira imyaka y’ubukure nta kibazo, ahubwo ababyeyi babiha umugisha. Ndetse muri aka Karere hagaragara abagore benshi bashatse bakiri bato n’abakobwa […]Irambuye
Bamwe mu rubyiruko rwize ubwubatsi bw’imihanda n’ubwubatsi muri rusange ku rwego rwa Kaminuza rwabwiye Umuseke ko nyuma yo kurangiza amashuri rugera ku isoko ry’akazi rugasanga hari ubundi bumenyi ngiro bukenewe kugira ngo ibyigiwe mu ishuri bishyirwe mu bikorwa. Babivuze nyuma yo kwitabira amahugurwa yabereye ku Kimihurura yateguwe n’Ikigo gikora imirimo y’ubwubatsi kitwa TEMACO Builders Ltd […]Irambuye
*Muri mwaka yigisha abana 30 bo muri ADB uko bakora imizinga ya kijyambere, *Ubu afasha abana bagera kuri 16, bamwe yabahaye akazi abandi abafasha kubaho. Kanimba Marcellin yahisemo kwikorera abinyujije mu bworozi bw’inzuki, ubumenyi bwe abusangiza abana biga imyuga mu ishuri rya ADB aho abigisha gukora imizinga ya kijyambere abandi muri abo bana batumva yabahaye […]Irambuye
Nathal Ntagungira wagizwe umurinzi w’igihang, mu kiganiro yaraye abahaye urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rwibumbiye mu muryango bise YURI yavuze ko kuba se wahoze ari umuyobozi wa Segiteri yaranze ko hagira Umututsi wicwa akaza kubizira byamubereye umurage kandi ko nabo bagomba kwirinda kuzagira uwo bahemukira. Ntagungira yabwiye abari aho ko kera bahoze batuye mu cyahoze […]Irambuye
Urubryiruko rwo mu karere ka Gicumbi rurasaba ko impano rwifitemo mu kubyina no kumurika imideli zitabwaho n’ababishinzwe barufasha kuziteza imbere, nk’uko babigaragaje mu mwiyereko wa mbere wo kugaragaza imideli no gushaka impano mu buhanzi bakoze. Mu gitaramo kigamije kureba impano bafite haba mu kwerekana uko babyina, kumirika imideli (fashion), no mu buhanzi, urubyiruko rwasabye ko […]Irambuye
Gicumbi – Nubwo ari umusaza, Mahabane Anastase ku myaka 70 imirimo akora benshi mu rubyiruko ntibayitabira. Ngo kuva mu busore bwe, ntiyigeze arangwa n’ubunebwe, yahingaga imboga mu gishanga, akajya kurangura umunyu ku mupaka wa Gatuna akawuzana ku igare, ndetse akawufunga mu dushashi akawujyana ku isoko rya Byumba kuwucuruza. Mahabane Anastase atuye mu Murenge wa Byumba, […]Irambuye
Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango Nyirasafiri Esperance ubwo yasuraga ikigo gifasha urubyiruko n’abana bafite ubumuga cya “Centre des handicapés St François d’Assise” cyo mu karere ka Rusizi, Ababikira bagishinzwe bamusabye kubakorera ubuvugizi kuri Leta kugira ngo bunganirwe muri byinshi bakenera kugira ngo bitera kuri bariya bantu bafite ubumuga. Ikigo cy’abafite ubumuga cya “Centre des handicapés St […]Irambuye