Ibarura ku mibereho y’abaturage mu gufasha gahunda ya EDPLS. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare kiravugako nyuma yo gukora ibarura ku mibereho y’abaturage, ibizavamo bizafasha Leta kumenya aho ikwiye gushyira ingufu mu rwego kuzamura imibereho myiza y’abaturage ikiri ku rwego rwo has, muri gahunda ya EDPLS yo mu cyiciro gitaha. Iri barura rikorwa mu bice bitatu. Ni […]Irambuye
Minisitiri w’ Ubucuruzi :abakora ibikorwa by’ amahoteli na resitora kunoza servisi batanga Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Monique Nsanzabaganwa arasaba abantu bafite ibikorwa by’ubucuruzi birimo amahoteli na za resitora , kubahiriza ibyo amategeko y’imyubakire ateganya mu rwego rwo kunoza servisi batanga . Ibi akaba yabitangarije mu nama yateguwe n’ishyirahamwe ry’amahoteli n’amaresitora akorera mu Rwanda ndetse n’umushinga wa […]Irambuye
Inkunga iva mu bihugu by’i Burayi ngo ikwiye kunyuzwa mu ngengo y’imari ya za Leta zo muri Afrika. Ibi ni bimwe mu byagarutseho mu nama ibera mu gihugu cy’Ububirigi, ihuza abagize inteko ishinga amategeko ihuriweho n’abadepite bo ku mugabane w’uburayi hamwe n’abahagarariye inteko nshinga mategeko ya buri gihugu cyo muri Afica ya Karaibe na Pacifika […]Irambuye
Mu gihe zimwe muri koperative umurenge SACCO zakunze kuvugwamo ibibazo by’imicungire mibi y’umutungo n’igihombo, bamwe mu bayobozi ba SACCO mu turere dutandukanye tw’intara y’uburengerazuba n’iy’amajyepfo bahawe amahugurwa ku gutanga inguzanyo. Kuwa 17 Werurwe nibwo mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo abanyamuryango ba koperative umurenge SACCO 16 zo mu ntara y’uburengerazuba n’amajyepfo ziherutse guhabwa na […]Irambuye
Nyaruguru: Birukanywe mu macumbi, nyuma yo gusenyerwa nyakatsi Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru bari baracumbukiwe n’abaturanyi babo mu gihe basenyerwaga amazu ya bo ya Nyakatsi, kuri ubu batangiye kwirukanwa n’abari babacumbukiye nkuko byemejwe na bene kwirukanwa. Aba baturage bo mu murenge wa Kivu ho mu Karere ka Nyaruguru basenyewe amazu ya nyakatsi […]Irambuye
Huye/Mbazi – Nyuma yaho imvura y’amahindu igwiriye mu ijoro ryo ku wa 9 rishyira ku ya 10 werurwe 2011, igasiga abaturage iheruheru, barasaba ubuyobozi ku bafasha kwivana mu bukene batewe nayo. Ukigera muri aka gace ka Mbazi, usanga amazu amwe yarasenyutse n’ intoki zarahinduye ibara zisanganywe aho bigaragara ko zangiritse, kubera imvura y’amahindu. Kugeza ubu […]Irambuye
Inama yo kunoza ubucuruzi muri east africa Mu Rwanda hateraniye Inama iri guhuza ibihugu byo mu karere ka Afrika. Iyi nama igamije kwiga ku buryo ibikorwa bijyanye n’ubucuruzi, byakorwa neza muri aka karere. Ku Rwanda ngo iyi nama ni ingirakamaro kuko bituma bamenya uko ubucuruzi bukorwa mu bihugu bituranyi. Muri iyi nama ibihugu biyiteraniyemo birimo […]Irambuye
Mu gukomeza guhuza uturere tw’u Rwanda hakoreshejwe imihanda igezweho, leta y’u Rwanda yatangiye kubaka umuhanda w’ibirometero 170 uhuza akarere ka Rubavu na Rusizi uciye i Karongi. Iyubakwa ry’uyu muhanda rikaba rije ryiyongera ku mihanda imaze kuzura ihuza umugi wa Rubavu n’umugi wa Goma, uyu muhanda ukaba uzafasha kandi mu bucuruzi hagati ya Congo, U Rwanda […]Irambuye
Mu karere ka Rubavu isoko rishya rya kijyambere riri kubakwa, umuhanda wa rubavu – Musanze ni bimwe mu bikorwa remezo leta yashyizemo ingufu mu rwego rw’iterambere na Vision 2020. Ahahoze Gare ya Gisenyi hatangiye imirimo yo kubaka isoko rishya, bikaba biteganyijwe ko iki gikorwa kizatwara amezi agera kuri atandatu (6) ibikorwa by’iyubakwa bikaba bimaze ibyumweru […]Irambuye
Huye: Abagenzi baragaragaza ingorane z’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori Kuri uyu 11 Werurwe 2011 nibwo nk’uko Minisitiri w’ Ubucuzi n’inganda Monique Nsanzabaganwa yabitangarije abanyarwanda ibiciro bishya bya essence na mazutu bisimbura ibyari bisanzweho byatangiye kubahirizwa aho litiro imwe ya essence yaguraga amafaranga 965 igomba kugura 1015 naho mazutu yaguraga 958 ikagura 1015. Ibiciro by’ibikomoka kuri […]Irambuye