Imyenda y’imbere yambarwa n’abagore, ni imwe mu myambaro iba igomba kugirirwa isuku ihagije mu gihe ugiye kuyimesa ndetse n’igihe uyanuye ugiye kuyibika, ibi byose hari uburyo wabikora ukaba wizeye ko wirinze umwanda cyangwa izindi ngaruka zose zaturuka muri iriya myambaro. Erega burya no kuyambara biba bisaba kwitwararika cyane. Urubuga ehow.com ruvuga ko ari byiza ko […]Irambuye
“Turwanye Iheza n’akato gakorerwa Kubabana na virusi itera Sida , Indaya n’Abatinganyi” ni amagambo yari yanditswe ku cyapa ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya ububi bwa Sida muri Stade ya Nyamirambo tariki 1/12/2016. Byatumye hari abibaza ko u Rwanda rwaba rwatangiye guha umwanya abatinganyi. U Rwanda ni igihugu kitagiye kigaragaza aho gihagaze ku bijyanye n’aba bantu […]Irambuye
Itsinda ry’abaganga baturutse mu gihugu cy’Ububiligi ryo mu muryango (See and Smile) ryaje kubaga abaturage bareba imirari, Dr Karlien Vian Poucke uyoboye iri tsinda avuga ko kugorora amaso areba imirari ari ikibazo cyoroshye kuvurwa cyane cyane ku bana bato. Imirari (Strabisme) ikunze gufata indiba y’ijisho cyangwa imbonakure kuva umwana akivuka, iyo itinze kuvurwa usanga amaso […]Irambuye
Kuya mbere Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ububi bw’icyorezo SIDA no kukirinda. Ni indwara itarabona umuti cyangwa urukiko. Ibi ni ibintu bitanu ubu wamenya kuri iyindwara ubu ubwandu bwayo bufitwe n’abagera hafi kuri miliyoni 37 ku isi. 5.Imiti igabanya ubukana yakoze akazi gakomeye, si benshi ikica nka mbere Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku […]Irambuye
Kuri miliyoni hafi 500 z’abarwayi ba Diabète ku isi, hafi miliyoni eshanu bahitanwa n’iyi ndwara ikomeje kwibasira isi dutuyeho buri mwaka. Muri iki gihe umuntu umwe urwaye Diabète aba apfuye nyuma y’amasegonda atandatu (6 sec), ku isi yose. Ni ukuvuga ko miliyoni 4,6 ziba zimaze guhitanwa na Diabète mu mwaka umwe. Uyu munsi tariki 14 Ugushyingo […]Irambuye
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana ‘UNICEF’ rirasaba abyobozi b’Isi guhagurukira kurwanya ibihumanya ikirere kuko ngo bihitana abana bari munsi y’imyaka itanu hafi ibihumbi 600 buri mwaka. Raporo nshya ya UNICEF yitwa “”Clear the Air for Children” iravuga ko iyi mibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bahitanwa n’ingaruka z’ihumana ry’ikirere buri mwaka iri hejuru cyane […]Irambuye
Abana benshi bafite ubuzima bubi, impamvu nyamukuru ni ababyeyi badakurikirana ubuzima bw’abana umunsi ku munsi maze bakazatakaza akayabo k’amafaranga babavuza. Rimwe na rimwe abana bakaba bafatwa n’indwara zikanabahitana. Family Watching TV yo mu Bwongereza yatangaje ko umwana umwe (1) muri batanu (5) ku Isi afite ibibazo by’ubuzima cyane cyane imirire mibi. Ahanini bigaterwa n’ababyeyi badakurikiranira […]Irambuye
Kaminuza ya Florida Atlantic yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ku bufatanye n’ikigo Nyafurika cy’ubushakashatsi ku bijyanye n’imbogamizi zo kudidimanga (African stuttering Research Center) bagiye kongera gutanga ubuvuzi ku bantu bavuga badidimanga (Speech Therapy) mu Rwanda, kandi ku buntu. Kudidimanga n’imbogamizi ibaho iyo umuntu avuga ategwa, cyangwa asubiramo amagambo amwe n’amwe ku buryo hari igihe […]Irambuye
Habimana Aimable, Umwarimu wungirije mu Ishami ry’Ikoranabuhanga muri “Tumba college of Technology”, avuga ko mudasobwa ari igikoresho cyiza ariko gifite ingaruka nyinshi, ku buryo uyikoresha aba akwiye kwitonda. Hari ibyo yadusangije wakwitondera mu gihe ukoresha mudasobwa. Habimana Aimable avuga ko ‘screen’ za mudasobwa zakorwa mbere zica amaso cyane, ariko uyu munsi ngo izikorwa ntabwo ‘screen’ […]Irambuye
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara y’umwijima (Hepatite) ku isi no gutangiza gahunda yo kuyirwanya mu Rwanda, Kuri uyu wa kane, Minisiteri y’Ubuzima mu rwanda yavuze ko igiye gushyira imbaraga mu kugabanya ibiciro byo kuvura iyi ndwara kuko iri mu zikomeje gutwara ubuzima bwa benshi ku isi by’umwihariko muri Afurika. Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko […]Irambuye