Month: <span>February 2017</span>

Hari abo uzi cg wibuka muri izi ntwari z’urugamba? AMAFOTO

Uyu munsi abanyarwanda barazirikana intwari z’u Rwanda. Nta mafoto ya Ruganzu Ndori warengeye u Rwanda cyangwa Kigeli  Rwabugiri warwaguye, ariko hari amafoto y’ababohoye u Rwanda, bamwe bakiriho n’abatakiriho, abo bose barazirikanwa none, cyane mu izina ry’Intwari y’Imanzi y’umusirikare utazwi na Gisa Fred Rwigema aba baruhukiye ku gicumbi cyazo i Remera. Mu mateka bazahora bibukwa ko […]Irambuye

Gentil Misigaro umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki muri Canada

Misigaro Gentil ni umwe mu bahanzi nyarwanda baba muri Canada. Kuri ubu yashyize hanze amashusho n’amajwi by’indirimbo ye ya mbere ikoze muri gospel yise ‘Ngiyi indirimbo’. Nyuma yo kuba yakoraga indirimbo mu rurimi rw’icyongereza, ubu ngo agiye gutangira gukora kuri album y’indirimbo zizaba zikoze mu Kinyarwanda. ‘Gentil Mis’ biva kuri Misigaro, ni umuhanzi,umu Producer, mwarimu […]Irambuye

Dukore ubuhanzi busiga umurage- Abahanzi ku munsi w’Intwari

* TMC ati kwitwa umuhanzi ntibihagije * Massamba ati ‘n’abahanzi baba intwari’ Uyu munsi ni uw’Intwari z’u Rwanda, ikiciro buri wese yaterwa ishema no kubamo, uyu munsi ni umwanya wo kuzirikana ibikorwa by’ikirenga Intwari zakoze, no gushishikariza Abanyarwanda bose cyane cyane urubyiruko kugera ikirenge mu cy’Intwari z’Igihugu. Abahanzi nabo birabareba. Bamwe mu bahanzi bavuga ko umunsi […]Irambuye

Episode ya 8: Brendah ari kwereka Nelson ibimenyetso ko amukunda

Nagize amahirwe ngeze mu rugo nsanga Gaju ariwe uhari wenyine, iyo Gasongo ahaba akazana za Blagues ze kandi mood nari ndimo itaranyemereraga byonyine no kumwenyura nari kugaragara, nahise ninjira nsanga Gaju mu nzu. Njyewe-“Gaju bite se?” Gaju-“Ni byiza! Sha umbabarire ntabwo izina ryawe maze ndizi! Nibagiwe kurikubaza pe!” Njyewe-Eeh! Nuko ndumva ntameze neza nari kuguca […]Irambuye

en_USEnglish