Month: <span>January 2017</span>

Gambia: Yahya Jammeh ntaremera ibyavuye mu matora, yaburiye ingabo za

Perezida Yahya Jammeh yavuze ko icyemezo cy’Umuryango w’Ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba cyo kohereza ingabo muri Gambia ngo zimukure ku butegetsi ku mbaraga igihe azaba yanze kuburekura, ari ‘ugutangaza intambara ku magaragaro’. Abayobozi b’ibihugu mu muryango uhuza ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba (ECOWAS), bafashe icyemezo cyo kohereza ingabo z’uwo muryango ku wa kane w’icyumweru gishize, ni nyuma […]Irambuye

Police yavuze ku kibazo cy’abanyamakuru Robert Mugabe na Shyaka Kanuma

Police y’u Rwanda yasubije ku bibazo by’abanyamakuru Shyaka Kanuma ufunze kuva kuwa gatandatu na Robert Mugabe umaze iminsi akorwaho iperereza hagamijwe gukusanya amakuru. Abasuye Shyaka Kanuma bakamubura ngo ni uko baba batarakurikije amabwiriza. Shyaka Kanuma wari umuyobozi na nyir’ikinyamakuru Rwanda Focus giherutse gufunga imiryango yatawe muri yombi kuwa gatandatu ashinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 60 […]Irambuye

Rwanda: Kuva kuri Noheli kugeza ubu abantu 8 bapfiriye mu

Police y’u Rwanda kuri uyu wa kabiri yatanagje ko muri rusange iki cyumweru cy’iminsi isoza umwaka gishize cyagenze neza mu by’umutekano muri rusange nubwo bwose abantu umunani ngo babaruwe na Police ko ari bo bitabye Imana mu mpanuka ku mihanda. Commissioner of Police George Rumanzi ushinzwe ishami ry’umutekano mu muhanda yatangaje ko hagaragaye ikibazo cyo […]Irambuye

Korea ya Ruguru yemeje ko yamaze gukora intwaro kirimbuzi

Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-Un,kuri iki cyumweru mu ijambo risoza umwaka n’iritangira umushya wa 2017, yatangaje kuri televiziyo y’igihugu ko Korea ya Ruguru yinjiye mu bihugu bifite intwaro kirimbuzi muri 2016.   Mu ijambo risa n’irishotorana, Perezida Jong Un yavuze ko Korea ya Ruguru iri hafi cyane kugerageza intwaro ikomeye irasa kure cyane […]Irambuye

2016 mu magare: Benshi bavuye mu mukino, Valens ashimisha abanyarwanda

Umwaka wa 2016 wabaye imvange y’ibyiza n’ibibi mu mukino w’amagare mu Rwanda. Gusa niwo mukino watanze ibyishimo byinshi ku banyarwanda Ndayisenga Valens awusozaga atwara Tour du Rwanda. Amarushanwa mpuzamahanga y’imikino menshi yabereye mu Rwanda muri 2016 harimo Igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihugu byabo mu mupira w’amaguru CHAN2016 n’igikombe cya Afurika muri Basketball […]Irambuye

DRC: Perezida Kabila ntarasinya ku masezerano amusaba kuva ku butegetsi

Amasezerano y’uko Perezida Joseph Kabila azarekura ubutegetsi mu mpera za 2017 yagezweho mu mpera z’iki cyumweru gishize ariko Kabila ubwe ntarayasinyaho. Ba Minisitiri benshi bemeye ibikubiye muri aya masezerano, asaba ko Perezida Joseph Kabila aguma ku butegetsi kuzagera mu mpera z’uyu mwaka wa 2017 ubwo amatora azaba. Muri Congo Kinshasa habaye impagarara zatewe n’uko Perezida […]Irambuye

Umunyamakuru Shyaka Kanuma yatawe muri yombi

Shyaka Kanuma nyir’igitangazamakuru cyitwa The Rwanda Focus giherutse gufunga imiryango, yatawe muri yombi na Polisi y’Igihugu akurikiranyweho ibyaha birimo kutishyura imisoro, ndetse no gukoresha impapuro mpimbano nk’uko byatangajwe na Police y’u Rwanda. CSP Lynder Nkuranga Umuvugizi wa Police y’u Rwanda wungirije yatangaje ko Shyaka Kanuma atishyuye ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro imisoro ingana na miliyoni 65 […]Irambuye

“Am back home, Am back home, I love Youu!!!!” imvugo

Mu mvugo ze nyinshi zaranzwe n’imva mutima ‘Emotions’, The Ben yagaragarije abitabiriye igitaramo cye ko ari umuhanzi w’umuhanga mu ndirimbo zisaga 20 zirimo inshya n’iza kera yaririmbye mu ijwi rye ry’umwimerere live. Benshi mu bari aho, wasangaga badashobora kwerekana ibyiyumviro byabo ngo babimugaragarize. Ahubwo amarira yari yose bavuga izina rye. Kuri The Ben yavuze ko […]Irambuye

Episode 86: Eddy yazamuwe mu ntera mu kazi aba Manager

MUTWIHANGANIRE; UMWANDITSI W’INKURU YA EDDY YAGIZE UBURWAYI KUVA KUWA GATANU, AFITE INTEGE NKE CYANE ARIKO ARAGERAGEZA UKO ASHOBOYE UYU MUNSI AKOMEZE GUHERA UYU MUNSI. TUBIJEJE KO BYONGERA KUGENDA UKO BISANZWE KUVA UYU MUGOROBA.  MURAKOZE CYANE KWIHANGANA  …….. Ubwo naracecetse gatoya biranshanga nawe arabibona nitsa umutima nubura amaso ndamureba, Njyewe-” Boo, ushatse kuvuga ko uzazinga imyenda ,ugashyiramo […]Irambuye

en_USEnglish