Month: <span>August 2016</span>

Magufuli ati “nta biribwa ntanga ku baturage bashonje kubera kudakora”

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yatangake ko Leta ye itazatanga imfashanyo y’ibiribwa ku buntu ku baturage bashonje ariko nta mpamvu zigaragara zabateye inzara, Magufuli yasabye abaturage gukora cyane bakeza imyaka ihagije. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, Magufuli yari mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Mkoani Tabora, mu nzira akaba aribwo yakiriwe n’abaturage […]Irambuye

Natangiye primary mu 1986, nsoje Kaminuza 2016, ni urugendo rutanyoroheye

Bitamworoheye, Gashirabake Emmanuel ku myaka 36 asoje amasomo y’ikiciro cya kabiri cya Kaminuza mu ishami ry’uburezi (College of education) rya Kaminuza y’u Rwanda ryahoze ryitwa KIE, yize amasomo azwi nka ‘Social Studies’. Gashirabake yavukiye mu i Rushaki, yaje kujya mu Murenge wa Gahini, mu Karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba agiye kwivuza, birangira ari naho akomereje […]Irambuye

Gushakana n’umunyamuziki ntibivuze ko mugomba gutaana – Uncle Austin

Guhora mu ngendo, kwitabira ibitaramo biba mu ijoro, kugaragara mu mashusho y’indirimbo babyinisha abandi bakobwa, umugore washakanye n’umuhanzi ngo agomba kubyihanganira. Kuko aho kureka umuziki Uncle Austin avuga ko ahubwo bajya bajyana muri ibyo byose. Abatari abanyamuziki bibaza uburyo ingo z’abahanzi zikomera. Ibanga ngo nta rindi ni ukwiyakira hagati y’abashakanye n’abanyamuziki. Uncle Austin avuga ko […]Irambuye

Abayobozi b’inzego z’ubutasi muri Africa bateraniye mu nama i Kigali

Kuva kuri uyu wa mbere abayobozi b’inzego z’ubutasi mu bihugu 51 bya Africa barateranira mu nama i Kigali mu nama ya 13 ibahuza mu muryango bahuriramo witwa CISSA. Iyi nama irahera kuri uyu wa mbere kugeza kuwa gatandatu muri Kigali Convention Center, iraba ifite isanganyamatsiko yo kureba uko barwanya uburyo ubutabera mpuzamahanga bwitwara kuri Africa. […]Irambuye

Kirehe FC na Etoile de l’Est wari umukino w’ishiraniro, bamwe

*Habaye imirwano mu bafana kubera penaliti *Umutoza watsinzwe yavuze ko yateguye abakinnyi mukeba agategura abasifuzi Mu mikino ibanza ya 1/2 mu kiciro cya kabiri cy’umupira w’amaguru ikipe ya Kirehe FC kuri iki cyumweru  yatsinze Etoile de l’Est ibitego bibiri ku busa mu mukino ukomeye cyane wabereye i Nyakarambi mu karere ka Kirehe Iburasirazuba. Ni umukino […]Irambuye

Jay Polly na Fireman Bararebana ay’ingwe kubera kumwita ‘Nzungu’

Aba baraperi bombi bahoze mu itsinda rimwe rya Tuff Gangz. Nyuma Fireman, Green P na Bulldog baza kwikumura bashinga iryabo bise Stone Church ryaje no gusenyuka. Kuri ubu Jay Polly ngo afata Fireman nk’ufite uburwayi mu mutwe kubera imyitwarire ye n’amagambo asigaye aririmba mu ndirimbo ze. Ibi abitangaje nyuma y’iminsi mike Fireman ashyiriye hanze indirimbo […]Irambuye

Umugore wa Donald Trump kera yifotoje yambaye ubusa buri buri

Abarwanya Donald Trump bongeye kubona aho bagaragariza ko usibye we, n’umugore we ataba ‘first lady’ w’intangarugero. Bagaragaje amafoto y’umugore we yifotoje mu myaka itageze ku 10 ishize yambaye ubusa buri buri. Mbere gato y’uko umugabo we amubenguka, Melania Trump yari umudozi w’imyenda wigeze kwambarira ubusa  ikinyamakuru Max Magazine cy’Abafaransa. Uyu mukobwa wo muri Slovenia wari […]Irambuye

Angola ubu niyo ‘Champions’ wa Africa muri Basketball U18

Kigali – Ikipe y’igihugu ya Angola itwaye igikombe cya Afurika muri Basketball mu batarengeje imyaka 18, itsinze Misiri amanota 86 kuri 82. U Rwanda rwarangirije ku mwanya wa gatanu muri iri rushanwa rwakiriye. Kuva mu 1998 nibwo Angola yegukanye iri kamba. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, kuri petit stade i Remera nibwo uyu […]Irambuye

en_USEnglish