Month: <span>December 2015</span>

Imyaka 32 mu Rwanda, hari abibwira ko SIDA yacogoye

Mu 1983 nibwo bwa mbere SIDA yabonetse mu Rwanda, iboneka i Kigali. Yakwirakwiriye vuba, yica benshi, cyane cyane nyuma ya 1994, urugamba rwo kuyirwanya rwagabanyije impfu z’abicwa nayo kugera kuri 78% hagati ya 2004 na 2014, kuba itakica benshi bituma bamwe bibwira ko SIDA yacogoye. Ariko iracyahari, yandurira cyane mu mibonano mpuzabitsina idakingiye. Uyu munsi, […]Irambuye

Burkina: Christian Kaboré niwe ‘watsinze’ amatora ya Perezida

Hagendewe ku byatangajwe mu ibarura ry’amajwi ryabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere nyuma y’amatora ya Perezida wa Republika muri Burkina Faso, Roch Marc Christian Kaboré niwe watsinze n’amanota 53,49% akaba akurikiwe na Zéphirin Diabré bari bahanganye we ufite amanota 29,65 %. Aya majwi atangajwe akaba ari ay’agateganyo.   Christian Kaboré yari yarakunze gutangaza […]Irambuye

Hasigaye iminsi 15 ngo imodoka zitwara abagenzi zibe zifite ‘Speed

Police y’u Rwanda yatangaje ko ku gihe cyatanzwe hasigaye iminsi 15 gusa ngo imodoka zitwara abagenzi muri rusange ngo zibe zashyizwemo utwuma turinganiza umuvuduko. Ibi ni mu rwego rwo gushyira mu bikorwa iteka rya Perezida wa Republika ryo muri Gashyantare uyu mwaka hagamijwe gukumira impanuka zo ku mihanda zitwara ubuzima bw’abantu. Umuyobozi w’uru rugaga rw’abakora […]Irambuye

en_USEnglish