Month: <span>July 2015</span>

i Ngoma: Umucuruzi udafite ‘attestation médicale’ yafungiwe 

Bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi mu mujyi wa Kibungo birimo utubari, resitora (restaurants), n’inzu zogosherwamo kuri uyu wa kane zafuzwe n’ubuyobozi bw’akarare ka Ngoma, abafungiwe baritotombera iki gikorwa bavuga ko batanazi icyatumye bafungirwa ibikorwa ariko ubuyobozi bw’akarere bwo bukavuga ko aba bacuruzi basabwa kujya kwa muganga gushaka icyemezo hagamijwe kurinda ikwirakwizwa ry’indwara. Ku nzugi z’inzu zifunzwe […]Irambuye

Bafatanywe imodoka yuzuye Urumogi ruvuye muri Tanzania

Police y’u Rwanda ishami rya Kirehe ryataye muri yombi abasore batatu bemera ko imifuka umunani y’Urumogi bafatanywe yuzuye imodoka ya Rav4 ari urwo bari bavanye muri Tanzania baruzanye ku isoko ryo mu Rwanda. Aba bagabo Police y’u Rwanda yaberekanye i Kigali kuri uyu wa kane nimugoroba kuri station yayo ku Kicukiro. Aba bafashwe kuwa kabiri […]Irambuye

EU Yatanze andi miliyoni 4,5€ yo gufasha impunzi z’Abarundi

Kuri uyu wa kane Michael Ryan uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda yatangaje ko uyu muryango ahagarariye watanze indi nkunga ingana na miliyoni 4,5 z’amaEuro (ayegereye miliyari 4Rwf) yo gufasha impunzi z’Abarundi zahungiye mu bihugu bya Tanzania, u Rwanda, Congo na Uganda. Ishami ry’uyu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi ryatangaje ko rizakomeza gufasha ibihugu by’u Rwanda n’ibituranye […]Irambuye

Vujicic wavutse nta maguru n’amaboko afite aritegura umwana wa 2

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook umugabo Nick Vujicic wavutse atagira amaboko n’amaguru yagaragaje ko we n’Umufasha we bishimiye kuba bagiye kwibaruka ubuheta, kandi ashimira Imana ikibahaye ubuzima. Mu masaha atatu ashyize ubu butumwa kuri facebook bwari bumaze gusakazwa n’abandi bantu barenga ibihumbi 30 bagendaga babuhererekanya. Uyu mugabo kandi azwiho kuba yarazengurutse Isi agenda atanga […]Irambuye

Rwanda: Kwimura abaturage ntibikurikiza amategeko – icyegeranyo

*Leta iyo yimura abaturage ishobora kumara imyaka ine itarishyura ubutaka n’ibindi bikorwa, *Abagenagaciro barashinjwa kugabanya nkana agaciro kubera impamvu zirimo na ruswa, *Abaturage 80% bimurwa ntibaba bishimye, Mu bushakashatsi bwashizwe ahagaragara n’ikigo gishinzwe gutanga ubwunganizi mu mategeko kuri uyu wa 29 Nyakanga 2015 cyavuze ko amategeko agenga kwimura abaturage ku nyungu rusange adakurikizwa kuko Leta […]Irambuye

Agathon Rwasa yatorewe kuba V/Perezida w’Inteko y’u Burundi

Kuri uyu wa 30 Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi yatoye Pascal Nyabenda, perezida w’Ishyaka CNDD-FDD kuba na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, inatora ku mwanya wa Visi Perezida Agathon Rwasa watowe n’amajwi 108/112 nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru Esdras Ndikumana uri i Bujumbura. Agathon Rwasa wo mu ishyaka ritavuga rumwe na Leta FNL aherutse kuba […]Irambuye

Nigeria: Perezida Buhari yagennye umuyobozi w’ingabo zizahashya Boko Haram

Maj Gen Iliya Abbah yagizwe umuyobozi w’umutwe w’ingabo ushinzwe kurwanya Boko Haram akaba yasimbuye kuri uwo mwanya Brig-Gen. T. Y. Buratai uherutse kugirwa umugaba mukuru w’ingabo za Nigeria na Perezida mushya Mohammad Buhari. Gen Iliya Abbah yari asanzwe ayobora ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Delta du Niger. Uyu musirikare washyizweho asimbuye Buratai wari wagerageje, guhera mu kwezi […]Irambuye

Russia: Putin yashyizeho itegeko ryo ‘GUTWIKA’ ibicuruzwa bitemewe biva i

Ibicuruzwa biva i Burayi cyangwa muri America byashyizwe ku rutonde rw’ibitemewe kwinjira (embargo) mu gihugu cy’U Burusiya kubera intambara yo muri Ukraine, hagiyeho itegeko ryo kubitwika aho kubisubiza mu bihugu byavuyemo. Iri tegeko ryatangajwe ku wa gatatu tariki 29 Nyakanga, n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu Kremlin. Kuva mu gihe cy’umwaka ushize, U Burusiya bwashyizeho ibihano kuri bimwe […]Irambuye

Ben Nganji agiye kwereka Abanyarwanda icyo yari ahugiyeho mu myaka

Umuhanzi, umuririmbyi akaba n’umukinnyi w’amakinamico Bisangwa Nganji Benjamin benshi bazi nka Ben Nganji, agiye gukora igitaramo yise INKIRIGITO CONCERT we avuga ko ari icy’amateka kuko ngo gikubiyemo umusaruro w’ibyo amaze kugeraho mu buhanzi mu myaka 8 amaze atangiye guteza imbere inganzo ye. Muri 2007 nibwo yinjiye muri muzika atangira kumenyekana cyane kubera ubutumwa yanyuzaga mu […]Irambuye

Ubwongereza: Abimukira basenye uruzitiro binjira mu gihugu ku ngufu

Ubu mu Bwongereza abantu bari gushyira igitutu kuri Minisitiri David Cameron ngo yemerere ingabo zijye ahitwa Cannais hagabanya Ubwongereza n’Ubufaransa guhagarika abimukira bari kwinjira mu gihugu ku ngufu nyuma yo gusenya uruzitiro rwababuzaga kwinjira. Kuribo ngo ‘ni Ubwongereza cyangwa urupfu’. Police yagerageje kubakumira ariko baranga barahatiriza kugeza benshi binjiye. Muribo higanjemo abasore ariko n’inkumi nazo […]Irambuye

en_USEnglish