Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umwe mu bakora umwuga wo gusana ibinyabiziga byahuye n’ikibazo ukorera kuri Station ya SP Remera, yagiriya bagenzi be inama yo kwirinda umwanda no kongeera ikinyabupfura. Uyu mugabo utashatse ko tumuvuga amazina, yavuze ko umwuga bakora ari ingirakamaro haba kubawukora ndetse no kubawukorerwa. Yavuze ko kugira ngo abakora uyu mwuga bakomeze kuwukora […]Irambuye
Mu rwego rwo gukomeza gufata mu mugongo abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikigega gishinzwe gutanga ingwate ku mishinga iciriritse (Business Development Fund, BDF) ubwo cyakoraga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 ku rwibutso rwa Ntarama, mu karere ka Bugesera, baremeye abacitse ku icumu 22, babaha amatungo magufi kugira ngo akomeze kubafasha kwiyubaka. Abakozi […]Irambuye
Amakuru IDF(Israel Defense Forces) ifite aravuga ko hari ababonye abarwanyi b’Aba sunni bitwa Nusra bakorana hafi na ISIS na Al Quaeda bari mu gace ka Golan gaturanye na Syria. Aya makuru yatangiye kuboneka ku wa Kabiri, yavugaga ko IDF yamaze kwisuganya muri aka gace, ikoranya ibifaro byayo byihariye ku Isi bita Merkava tanks n’intwaro ziremereye […]Irambuye
Ntawushidikanya akamaro k’ikoranabuhanga mu iterambere cyane kubera gusakaza no guhanahana amakuru mu buryo bwihuse. Gusa ubu benshi nabo batangiye kubona ingaruka z’ikoranabuhanga mu mibanire y’abantu. Imbuga nkoranyambaga zabaye ikibazo mu miryango y’abashakanye mu bihugu biteye imbere, ubu no muri Africa kimwe no mu Rwanda ngo niho hatahiwe. Ziri gutanya imiryango. Kubera kuva kuri mudasobwa ujya […]Irambuye
Izi nyeshyamba zitwa Allied Democratic Forces (ADF) zikekwaho gukora amabi mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Umuyobozi wazo, Jamil Mukulu, yafatiwe mu gihugu cya Tanzania, akazoherezwa muri Uganda. Muri Gashyantare 2011, polisi mpuzamahanga (Interpol) yashyize hanze imapuro zo guta muri yombi uyu mugabo Mukulu, ndetse bashyira hanze ifoto ye. Inzego z’umutekano zavugaga ko Mukulu akoresha inyandiko […]Irambuye
Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) bwagaragaje ko abarwayi 90% muri Afurika bazira indwara zikomoka ku mirire mibi. Benshi barazira kubura intungamubiri abandi bararenza ibyo umubiri ukeneye, […]Irambuye
Umwanda ukabije mu bwiherero bwa stade ya Muhanga wagaragaye ubwo hakinirwaga umukino wa AS Kigali na Rayon Sports abaje kuwureba bakabura aho bikinga. Ku mukino wahabereye kuri uyu wa gatatu wa Rayon Sports na Sunrise, imisarane yari yuzuye umwanda w’igihe kinini yakorewe isuku idasanzwe. Mu bwiherero rusange bw’abafana n’abashyitsi bakomeye muri stade ya Muhanga hari […]Irambuye
Nyuma y’ imyitozo ikipe y’ igihugu ya Volleyball yakoreye muri Cameroun, kuva taliki 2 kugeza 04 Girurasi 2015 mu Rwanda hazabera imikino ya Zone 5, igamije gushaka itike y’imikino y’Afurika “All Africa Games 2015” izabera mu gihugu cya Congo Brazzaville. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Paul Bitok yatangaje ko biteguye kubona itike yo kwerekeza muri […]Irambuye
Umukozi wakoraga kuri guichet ya Banki y’abaturage ishami rya Kanama muri centre ya Mahoko i Rubavu ubu ari gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma y’uko aburiwe irengero kuva kuwa 29 Mata 2015 hakanabura miliyoni 12 muri Banki. Ubuyobozi bw’aka gashami bwabwiye umunyamakuru w’Umuseke i Rubavu ko uyu mukozi yagiye agiye muri karuhuko ka saa sita bategereza ko […]Irambuye
Bamurange Belethilda utuye mu kagari ka Buguri, umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi atangaza ko hashize imyaka itanu aho asembera ntaho kuba nyuma y’aho inzu yabagamo igwiriye yakwitabaza ububozi bukamwizeza kuzamuha isakaro, nawe ngo agurisha ibyo yari atunze azamura inzu ariko nayo ubu ngo yaraguye kubera kubura isakaro yemerewe. Bamurange abana n’abana batanu yasigiwe […]Irambuye