Month: <span>September 2014</span>

Nyamirambo: Umugore wagasomye yashyize imodoka muri 'rigole'

Nyamirambo – Polisi ishyira imbaraga mu kubuza abantu gutwara imodoka banyoye ibisindisha, ariko bamwe basa n’abavuniye ibiti mu matwi. Ahagana saa tatu z’ijoro kuri iki cyumweru umugore wasomye ku gatama yakoze impanuka y’imodoka gusa k’ubw’amahirwe ntiyakomereka ntiyagira n’uwo agonga. Ni hafi ya centre yo kwa Gisimba i Nyamirambo aho uyu mugore wamanukaga agana nka Nyabugogo […]Irambuye

Ibiganiro nyakuri ku mibonano mpuzabitsina mu rubyiruko birakenewe

Natangajwe cyane nogusoma kuri iyi website mu minsi ishize ko ibinini byo kuboneza urubyaro (contraceptives) aribyo byongera imibonano mpuzabitsina mu rubyiruko rw’u Rwanda. Bakomezaga bemeza ko abakobwa biyahuza ibyo binini baryamana n’abahungu (cyangwa n’abagabo) kurushaho kuko basa n’ababohotse. Manutse hepfo gato, nsanga ibitekerezo (comments) byatanzwe nabyo byiganjemo impungenge ku myitwarire n’ubugorame (immorality) by’urubyiruko rw’u Rwanda […]Irambuye

U Rwanda rwohereje abapolisi kubahiriza umutekano n’amahoro muri Centrafrica

Kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Nzeli, Polisi y’u Rwanda yohereje itsinda ry’Abapolisi 140 barimo ab’igitsinagore 14 mu gihugu cya Centrafrica mu rwego rwo gufasha abaturage baho kugarura umutekano n’amahoro muri icyo gihugu, aba bapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Centrafrica (MINUSCA) buzamara igihe kingana n’umwaka umwe. Chief Superintendent of Police (CSP) […]Irambuye

en_USEnglish