Nyamirambo – Polisi ishyira imbaraga mu kubuza abantu gutwara imodoka banyoye ibisindisha, ariko bamwe basa n’abavuniye ibiti mu matwi. Ahagana saa tatu z’ijoro kuri iki cyumweru umugore wasomye ku gatama yakoze impanuka y’imodoka gusa k’ubw’amahirwe ntiyakomereka ntiyagira n’uwo agonga. Ni hafi ya centre yo kwa Gisimba i Nyamirambo aho uyu mugore wamanukaga agana nka Nyabugogo […]Irambuye
Natangajwe cyane nogusoma kuri iyi website mu minsi ishize ko ibinini byo kuboneza urubyaro (contraceptives) aribyo byongera imibonano mpuzabitsina mu rubyiruko rw’u Rwanda. Bakomezaga bemeza ko abakobwa biyahuza ibyo binini baryamana n’abahungu (cyangwa n’abagabo) kurushaho kuko basa n’ababohotse. Manutse hepfo gato, nsanga ibitekerezo (comments) byatanzwe nabyo byiganjemo impungenge ku myitwarire n’ubugorame (immorality) by’urubyiruko rw’u Rwanda […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Nzeli, Polisi y’u Rwanda yohereje itsinda ry’Abapolisi 140 barimo ab’igitsinagore 14 mu gihugu cya Centrafrica mu rwego rwo gufasha abaturage baho kugarura umutekano n’amahoro muri icyo gihugu, aba bapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Centrafrica (MINUSCA) buzamara igihe kingana n’umwaka umwe. Chief Superintendent of Police (CSP) […]Irambuye
Itahiwacu Bruce ni umuhanzi ukunzwe mu njyana ya R&B mu Rwanda, azwi muri muzika nka Bruce Melodie. Ngo mu myaka ibiri amaze akora muzika arishimira cyane ibyo imaze kumugezaho. Ni nyuma y’aho uyu muhanzi mu mwaka wa 2013 ahawe igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane kurusha abandi mu njyana ya R&B mu irushanwa rya Salax Awards. Naho […]Irambuye