Month: <span>July 2014</span>

Afata umwanya munini mu myandikire y’indirimbo ze

Umuhanzi Muneza Christopher mu gihe agiye guhimba indirimbo yaba ayandika cyangwa se agiye muri studio kuyiririmba, abanza kureba niba koko hari ikintu ishobora kuba yafasha umuntu uzayumva nk’uko abyemeza. Azwi cyane mu njyana na RnB, akaririmba kenshi ku urukundo. Avuga ko mbere yo kwandika indirimbo abanza gufata umwanya akibaza icyo izamarira uyumva. Avuga kandi ko mu […]Irambuye

Guhera kuya 1 Nyakanga u Rwanda ruyoboye Akanama k’umutekano ka

Kuva kuri uyu wa mbere Nyakanga 2014 u Rwanda rwatangiye kuyobora Akanama k’Umutekano ka Loni mu gihe cy’ukwezi. Ubu buyobozi bukaba busimburana hagati y’ibihugu bigize aka kanama. Aha niho hafatirwa imyanzuro ijyanye n’amahoro n’umutekano ku Isi. Ibihugu bimwe bihafite ijambo kurusha ibindi. Perezida Kagame yaraye abwiye abanyamakuru ko ijambo ry’u Rwanda rikiri rito ku rwego […]Irambuye

KWITA IZINA ku nshuro ya 10. AMAFOTO

Umuhango wo Kwita Izina ubera mu kigo cy’umuco kiri munsi y’umusozi wa Sabyinyo, Abanyakinigi nk’uko bisanzwe ababa babukereye kuva mu gitondo cya kare baba bari ku mihanda bareba abashyitsi baza muri uyu muhango, ariko no kuwitabira bawitabira ku bwinshi. Abatuye mu Kinigi bavuga ko amashuri, amavuriro n’imihanda myiza babonye byinshi babikesha iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda, […]Irambuye

Abagore barifuza kuba benshi mu butumwa bw’amahoro ku Isi

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Nyakanga mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda hateraniye ihuriro ry’abagore bagize inteko zishinga amategeko ku isi. Muri iyi nama yabo bakaba basabye ko umubare w’abagore bajya mu butumwa bw’amahoro ahatandukanye ku Isi ukwiye kongerwa mu rwego rwo kujya kurengera abagore bagenzi babo bahura n’ingaruka nyinshi z’intambara n’amakimbirane mu bihugu. […]Irambuye

Cameroun iravugwaho “Match Fixing” mu gikombe cy’Isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun rivuga ko rigiye gukora iperereza ku ikipe y’igihugu yabo yari mu gikombe cy’Isi ivugwaho kuba yaritsindishije imikino yayo. Mu mikino itatu bakinnye mu itsinda A barimo, Intare za Cameroun zatsinzwe yose, umukino wa Croatia batsinzwemo bine ku busa hari amakuru avuga ko baba bari bawugurishije. Bimwe mu bitangazamakuru i Burayi […]Irambuye

“Kwibohora bivuze kwibeshaho mu bwisanzure,” Paul Kagame

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Nyakanga Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’isabukuru ya 20 yo Kwibohora, umunsi uzaba tariki ya 4 Nkakanga 2014, Perezida Paul Kagame yavuze ko kwibohora bivuze kwibeshaho mu bwisanzure n’ubwo ngo hakiri ba mwe mu Banyafurika n’Abanyarwanda birirwa baririmba indirimbo z’ubwisanzure ariko batumva neza ibyo bavuga. Abanyamakuru babajije ibibazo […]Irambuye

Cyiza Kakao ngo agomba kuzagaragara mu bahanzi 10 bakoze muri

Cyiza Frank waje gufata izina rya Kakao, ni umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya ‘Jay Kid’ ritaratandukana. Kuri ubu uyu muhanzi amaze gukora indirimbo zigera kuri ebyiri nyuma y’aho iryo tsinda umwe ku giti cye yikorera muzika. Itsinda rya Jay Kid ryari rigizwe na Didizo, Jabo ndetse na Cyiza Franka. Nyuma y’aho umwe muri […]Irambuye

Nkurunziza, Masunzu, Birashoboka, Nakure…amazina yahawe abana b’Ingagi

Kuva mu masaha ya saa tatu z’igitondo, Abanyarwanda by’umwihariko Abanyakinigi n’abanyamahanga batandukanye bari ku kibuga cy’Ikigo cy’umuco mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru, munsi y’Ikirunga cya Sabyinyo mu muhanga wo kwita izina ku ncuro ya cumi (10). abantu barenga 1000 bateraniye i Kinigi muri uyu muhango. Ingagi zahawe amazina ni izavutse hagati […]Irambuye

Impamvu Tom Close azashyira hanze album y’indirimbo 17 nshya afite

Muyombo Thomas umwe mu bahanzi bagize uruhare mu kuzamura injyana ya R&B mu Rwanda uzwi ku izina rya Tom Close muri muzika, nyuma yo gushyira hanze album zigera kuri 4, ngo amaze gukora indirimbo zisaga 17 nshya ariko ntabwo arateganya kuba yazikorera igitaramo cyo kuzimurika ku mugaragaro ‘Launch’. Imwe mu mpamvu Tom Close atangaza ituma […]Irambuye

en_USEnglish