Month: <span>June 2014</span>

Kirehe: IPRC-EAST irasaba urubyiruko n’abaturage kwiga imyuga

Mu muganda rusange uba mu mpera za buri kwezi, Ishuri Rikuru Ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC EAST) ryifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Mpanga kubakira Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania, nyuma y’umuganda abuturage bakaba barasabwa kwitabira kwiga imyuga n’ubumenyingiro nka kimwe mu cyahindura imibereho yabo. Ubu tumwa bw’uko imyuaga yagira uruhare mu kuzamura imibereho […]Irambuye

Siboniyo yahungiye i Burundi, abe bahungira mu Kiriziya arokoka wenyine

Yari afite abavandimwe bane nawe wa gatanu n’ababyeyi, Jenoside itangira iwabo i Gishamvu aho bari batuye yari umusore w’imyaka 28, mu gihe bahungaga we yanze guhungana n’ababyeyi b’abavandimwe ahubwo ahunga yerekeza i Burundi, mu nzira yaratemaguwe bikomeye ajugunyw amu Kanyaru ariko aza kurokoka, atashye mu Rwanda yasanze abe bose barashiriye muri Kiliziya ya Nyumba. Ku […]Irambuye

Uncle Austin yatawe muri yombi na Police y’igihugu

Uncle Austin umunyamakuru akaba n’umuhanzi uzwi cyane mu njyana ya Afrobeat, yongeye gutabwa muri yombi na Polisi y’igihugu nyuma y’aho yohererejwe ‘Convocation ‘ iyi bita ‘Ihamagazwa’ inshuro zigera kuri eshatu atitaba. Kimwe mu byo akurikiranyweho ni ubuhemu. Ku gicamunsi cyo ku itariki ya 1 Kamena 2014 nibwo uyu muhanzi yatawe muri yombi na Polisi  nyuma yo […]Irambuye

Ntuzigere uramya izindi mana uretse Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi

Ntukagire izindi Mana mu maso yanjye Ntukiremere igishushanyo kibajwe cyangwa igisa n’ishusho yose iri hejuru mwijuru cyangwa hasi ku butaka cyangwa mu mazi yo hepfo y’ubutaka. Ntukabyikubite imbere, ntukabikorere kuko Uwiteka Imana yawe ndi Imana ifuha {Kuva 20.3-5}. Iyo turebye hano ku isi dutuye tubona byinshi bituzengurutse birimo: ibinyabuzima bitandukanye, amazi, ubutaka n’ibindi. Abenshi muri […]Irambuye

Nyuma ya Libya, Amavubi akurikijeho Congo Brazzaville

Congo Brazzaville yaraye isezereye ikipe ya Namibia iyi kipe yo kwa Perezida Denis Sassou Ng’uesso yavanyemo Namibia iyitsinze ku kinyuranyo k’ibitego bibiri kuko umukino ubanza Namibia yawutsinze 1 – 0, uwo kwishyira waraye ubaye i Brazzaville Congo iwutsinda 3 – 0. Mu kiciro cya kabiri cy’amajonjora u Rwanda rukaba ruzahora na Conngo. Ikipe y’igihugu ya […]Irambuye

“Impuruza yo kwita ku bidukikije irareba Abanyarwanda bose,”- Dr Rose

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cyi’Ibidukikije, Dr. Rose Mukankomeje aratanga impuruza ku Banyarwanda bose yo kwita ku bidukikije, bitaba ibyo bakirengera ingaruka zizakurikira nibatabikora, ni mu muganda rusange wabereye ku kiyaga cya Rumira mu karere ka Bugesera kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Gicurasi 2014. Uyu muganda wari wahurije ibitangazamakuru binyuranye hafi ya byose bikorera mu Rwanda, […]Irambuye

en_USEnglish