Igihugu cya Uganda kigiye gutangira gucyura impunzi z’Abanyekongo ziri muri iki gihugu zigera ku bihumbi 184, nyuma y’uko abenshi muri bo basabye gucyurwa iwabo. Ibihumbi n’ibihumbi by’Abanyekongo by’ubwihariko abo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahungiye muri Uganda kimwe n’ibindi bihugu bahana imbibe kubera intambara z’urudaca zayogoje iki gihugu kuva mu 1997. Nyuma […]Irambuye
Olivier Gakwaya umunyamabanga wa Rayon Sports yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa 30 Mata aribwo yajuririye ibihano yafatiwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA kubera ibyabaye ku mukino wahuje AS Kigali na Rayon Sports kuwa 20 Mata 2014. Olivier Gakwaya aganira na Ruhagoyacu yagize ati “Ni byo twamaze kujurira uyu munsi(tariki 30/4). […]Irambuye
Banki y’Isi yahaye igihugu cya Tanzania Miliyoni 300 z’Amadolari ya America agenewe gushyigikira inzira y’ubucuruzi yo hagati y’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (African Central Corridor) no gufasha mu guteza imbere ubucuruzi mu bihugu bidakora ku Nyanja bahana imbibe harimo n’u Rwanda. Mu itangazo Banki y’Isi yasohoye kuwa mbere i Dar Es Salaam, yavuze ko aya mafaranga […]Irambuye
Ruhumuriza James uzwi cyane nka King James avuga ko yishimira cyane gukorana n’umuhanzi Social Mula umwe mu bahanzi bari kuzamuka muri muzika nyarwanda. King James amaze kugaragara mu mashusho y’indirimbo ebyiri za Social Mula. Ibintu ubundi bidakunze kugaragara ku bahanzi, kereka gusa iyo iyo ndirimbo bayifatanyije. Nyuma y’indirimbo ya Social Mula yise “Abanyakigali” yagaragayemo King […]Irambuye
Ku nshuro ya kane irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ribaye, abahanzi bose uko ari 10 imibare bagomba gutorerwaho yashyizwe ahagaragara. Ni nyuma y’uko hari hashize igihe kigera ku mezi 2 abo bahanzi nta mubare bari bagatangarijwe wo gutorerwaho. Ku itariki ya 13 werurwe 2014 nibwo hamenyekanye amazina y’abahanzi bagera kuri 15 bagombaga kuvamo […]Irambuye
Nyuma yo gushingwa kw’itorero EPMR ritangijwe n’umushumba wahoze muri ADEPR kuri yuu wa 29 Mata ubuyobozi buhagarariye EPMR bwahakanye ko ubu burebana ay’ingwe n’ubwa ADEPR bahozemo. Mu nama rusange batumiyemo abanyamakuru ku Kimisagara ku kicaro cya MPCR (Mouvement Pour Christ Au Rwanda) ari nayo ihagarariye itorero rya EPMR maze umuyobozi mukuru waryo ku rwego rw’ […]Irambuye
DEVELOPMENT OF SMS REPORTING SYSTEM for MINAGRI, Kigali, Rwanda – DEADLINE: 16/05/2014 REQUEST FOR EXPRESSION OF INTEREST: 002/S/N/REOI/13-14/SPATII-PROGRAM2/MINAGRI TITLE: DEVELOPMENT OF SMS REPORTING SYSTEM CLIENT: MINISTRY OF AGRICULTURE AND ANIMAL RESOURCE (MINAGRI) FUNDING: BELGIAN DEVELOPMENT AGENCY (BTC) I. BACKGROUND The Ministry of Agriculture and Animal Resources (MINAGRI) with support of the Belgian Development Agency is […]Irambuye
1. FINANCE OFFICER — PROGRAMME Trocaire is the official overseas development agency of the Catholic Church in Ireland, established in 1913. Trocaire does not implement overseas programmes directly. Instead the organisation works in partnership with global Catholic networks and with local civil society organisations on the ground The aim is that ‘solutions’ to overcoming poverty […]Irambuye