Month: <span>August 2013</span>

Obama yaciririye indi mbwa muri White House

Obama yaba akunda cyane imbwa, yabigaragaje vuba aha ubwo yaciriiraga imbwa ya kabiri akayizana mu rugo rwe hakaba no mu biro bye muri White House. Iyi nyarubwana nshya ngo yitwa Sunny, hari amashusho yagaragajwe y’umuryango wa Obama uha ikaze iyi mbwa muri White House. Sunny yagize amahirwe yo kuzajya itarara ikigufa cyangwa umunopfu bitewe n’icyo […]Irambuye

Arabia: Umugabo upima 610Kg yajyanywe mu bitaro ku itegeko ry’umwami

Umugabo wo muri Arabie Saoudite witwa Khalid Mohsen Chaïri apima 610Kg ubu ntabwo yari akibasha kuva mu cyumba cye hashize imyaka ibiri irenga arimo ahora. Kuri uyu wa mbere yajyanywe mu bitaro bisabwe n’umwami w’icyo gihugu. Kugirango avanwe mu cyumba, byasabye gusenya uruhande rw’iki cyumba naho kumumanura muri etage ya kabiri abamo bakoresheje ikimeze nk’ingorofani […]Irambuye

Rubavu: Abayobozi bo hasi banyereje amafaranga bagiye gukurikiranwa

Abayobozi mu karere ka Rubavu batangaje ko bagiye gukurikirana abahoze ari  abayobozi ba kagari ka Mbugangali kuva mu mwaka wa 2002 kugeza 2009 kuko bashinjwa kunyereza amafaranga yavaga mu kuvomesha amazi yari yarahawe abaturage ariko amafaranga ntiyishyurwe yaba kuri ELECTROGAZ (EWSA ubu) cyangwa abaturage yari agenewe. Akagali ka Mbugangari ubu kari kwishyura EWSA amafaranga asaga […]Irambuye

Jackie Mugabo yateguye igitaramo i Kigali nyuma y’imyaka 12 aba

Umuhanzikazi Jackie Mugabo usanzwe uba mu gihugu cy’u Bwongereza agiye gutaramana n’abanyarwanda mu ndirimbo zo guhimbaza Imana. Uyu muhanzi amaze imyaka 12 aba iburayi. Mugabo avuga ko nubwo aba hanze umutima we uhora utekereza u Rwanda bityo akaba ariyo mpamvu yifuje kuza kumurikira abanyarwanda Album ye ya mbere ndetse akishimana nabo. Mugabo avuga ko aririmba […]Irambuye

Musenyeri Smaragde arasaba ko Mukandanga yakubakirwa urwibutso

Umushumba wa Diyoseze ya Kabgayi, Musenyeri Smaragde Mbonyintege, arasaba Leta y’u Rwanda ko yafatanya na Kiliziya Gatolika hakaboneka urwibutso rwa Dorothea Mukandanga wagaragaje ubutwari budasanzwe mu gihe cya Jenoside i Kabgayi mu karere ka Muhanga. Musenyeri Smaragde atangaza ko uyu mugore wayoboraga ishuri ry’abaforomokazi ryitiriwe mutagatifu Elizabeth akwiye guhora yibukwa kuko mu gihe cya Jenoside […]Irambuye

Kuwa 20 Kanama 2013

Nyampinga wa KIM (Kigali Institute of Management) kuwa 16 Kanama, hatowe Carine Umuraza, hatowe kandi na rudasumbwa wabaye Floris Rutayisire. Uyu muhango mu mafoto:   Photo/P Muzogeye & RM Rutindukanamurego UM– USEKE.RWIrambuye

Koudou yerekanye ko gutandukana kwe na The Brothers ntacyo yahombye

Uyu muhanzi wamenyekanye cyane ubwo yari mu istinda rya Muzika The Brothers, kur’uyu wa gatandatu yamuritse ku mugaragaro albumu ye ya mbere yise My Land, iki gitaramo cyabereye kuri Hotel Umubano, aho abantu bakitabiriye ari benshi. Kuba Koudou yarabonye abafana benshi mu kumurika alubumu ye, byeretse imbaga y’abantu ko kuba yaratandukanye n’itsinda The Brothers nta […]Irambuye

Urutonde ntakuka rw’abakandida depite ni 410 bose hamwe

1Komisiyo y’Amatora kuri uyu wa 19 Kanama nibwo yemeje urutonde rwa nyuma rw’abahatanira kuba abadepite mu Nteko Inshinga amategeko y’u Rwanda. Amatora azatangira kuwa 17 Nzeri uyu mwaka. Ubushize ku rutonde rw’agateganyo abakandida bari 438 ubu hasigaye 410. Prof Mbanda yavuze ko aba bakandida 410 aribo bemerewe guhatana mu majwi mu matora ateganyijwe mu kwezi […]Irambuye

Intwarane zajuririye ibyo kuba zifunzwe iminsi 30

Abantu icyenda (9) bo mu itsinda «Intwarane za Yezu na Mariya», kuri uyu wa 19 Kanama basabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kurekurwa, kuko ngo bafashwe mu buryo bunyuranye n’amategeko. Aba biyita Intwarane za Yezu na Mariya bari bakatiwe iminsi 30 y’igifungo by’agateganyo, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha barerwa byo gukora imyigaragambyo batabifitiye uburenganzira. Ubushinjacyaha […]Irambuye

Ubwongereza: Abayobozi bashya ba Diaspora ya "West Midland" bazanye ingamba

Kuwa Gatandatu tariki ya 17 Kanama 2013, i Coventry mu gihugu cy’u Bwongereza, Abanyarwanda batuye muri icyo gihugu mu gice cyitwa West Midland bibumbiye mu muryango wa “West Midland Rwanda- Community Association(WM-RCA)” bashyizeho ubuyobozi bushya buzabahagararira, kuko ubwariho bwari bucyuye igihe. Akimara gutorerwa kuba umuyobozi mukuru, Bosco Ngabonzima yahise asaba abanyamuryango kwikuramo imyumvire bafite yo […]Irambuye

en_USEnglish