Month: <span>August 2013</span>

Amavubi arateganya umukino wa gicuti na Malawi

Umuyobozi mukuru w’ishyirahamawe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Ntagungira Celestin aratangaza ko barimo guteganya umukino wa gicuti hagati y’ikipe y’igihugu amavubi n’ikipe y’igihugu cya Malawi,  tariki 14 Kanama. Mu kiganiro yagiranye na Times Sport, Ntagumgira Celestin yagize ati “Turi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/80312/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Snowden yabashije kuva mu kibuga cy’indege

Edward Snowden yabonye ubuhungiro mu bu Russia mu gihe cy’umwaka umwe, ibi bitangazwa n’umuhagarariye mu mategeko, Anatoly Kucherena uhagarariye Showden yatangarije abanyamakuru ko ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka aribyo byahaye Showden ibyangombwa ariko by’igihe gito akabasha kuva mu kibuga cy’indege.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/snowden-yabashije-kuva-mu-kibuga-cyindege/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Stromae aribuka se wishwe muri Jenoside mu Rwanda

Umuhanzi Stromae mu kiganiro yagiranye n’igitangaza makuru ‘le parisien’ yavuze uburyo yabuze se umubyara akiri muto, aha akaba yariho avuga kandi kuri album ye nshya yise mu rurimi rwigifaransa ‘Racine carrée’. Stromae ukomoka ku babyeyi umwe w’Umunyarwanda n’undi w’Umubirigi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/stromae-aribuka-se-wishwe-muri-jenoside-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

I Masoro ahagenewe inganda igice cya mbere cyarangiye

Inganda zimwe na zimwe zimaze gutangira gukorera muri Kigali Special Economic Zones i Masoro aho imirimo yo kubaka iki cyanya cyagenewe inganda iri gusozwa igice cyayo cya mbere. Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB kivuga ko ibyangombwa hafi byose bimaze gutunganywa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/i-maosoro-ahubakiwe-inganda-igice-cya-mbere-cyarangiye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abatuye Goma babwiye UM– USEKE impungenge zabo ku ngabo za

Nta gishya ko abacongimani batuye mu mujyi wa Goma n’inkengero zawo bahorana impungenge ku mutekano wabo kubera imirwano ihamaze igihe kinini, igishya ubu ni imirwano ishobora kuba hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Force Intervention Brigade zoherejwe n’Umuryango w’Abibumbye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abatuye-goma-babwiye-umuseke-impungenge-zabo-ku-ngabo-za-un/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

UK: Umunyarwandakazi wabaye Miss w’Afurika yishwe n’umugabo be

Ku munsi w’ejo kuwa gatatu mu gihugu cy’Ubwongereza ni bwo hamenyekanye inkuru mbi y’Umunyarwandakazi, Linah Keza watewe icyuma n’uwari umugabo we David Kikaawa na we ahita yiyahura arapfa. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’uyobora umuryango w’Abanyarwanda baba mu gihugu cy’Ubwongereza, Patrice<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abanyarwanda-bifatanyije-numuryango-wa-miss-keza-linah-wishwe-numugabo-be/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abakekwaho kwiba laptop 17 batawe muri yombi

Polisi yo mu Karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abantu batatu bakekwaho kwiba iduka ry’ibikoresho by’ikoranabuhanga (electronics) kuwa kabiri w’iki cyumweru. Amakuru agera kuri Polisi ngo ni uko aba bantu uko ari batatu baje ku iduka rya Karenzi Francois<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abakekwaho-kwiba-laptop-17-batawe-muri-yombi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ndayishimiye agiye kongera umubare w’abakora Imideri mu Rwanda

Ndayishimiye Jean Claude Umuyobozi mukuru wa ‘PMA’ Premier Model Agency  aratangaza ko nyuma yo kubona ko abanyamideri yakoreshaga bamaze kugira icyo bageraho agiye kuzamura undi mubare w’abandi abona ko bafite izo mpano. Mu Ukuboza umwaka ushize habaye bwa mbere amarushanwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ndayishimiye-agiye-kongera-umubare-wabakora-imideri-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Gushinja u Rwanda sibyo bizakemura ibibazo byaCongo – Mushikiwabo

Minisitiri w’ububanyinamahanga w’u Rwanda wari uhagarariye u Rwanda mu nama ku bibazo byo mu karere yaberaga i Nairobi yongeye kwibutsa ko ibibazo bya Congo bidakwiye kubazwa u Rwanda, kandi ko ibibazo bya Congo umuti wabyo washakirwa mu nzira z’amahoro.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gushinja-u-rwanda-sibyo-bizakemura-ibibazo-byacongo-mushikiwabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Rubavu: Umukongomani yambutse umupaka aniga umupolisi mu Rwanda

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Sheikh BAHAME Hassan aratangaza ko ejo kuwa gatatu mu ma saa saba z’amanywa umukongomani yambutse umupaka mu gihe barimo kumusaka nkuko bigenda no ku bandi bose aniga umupolisi w’umunyarwanda ukorera ku mupaka, yahise afatwa maze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rubavu-umukongomani-yambutse-umupaka-aniga-umupolisi-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish