Month: <span>September 2011</span>

Huye: Nyiranzabahimana yibarutse abana batatu icyarimwe

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu, ahagana saa saa moya  z’ijoro mu bitaro bya Kaminuza, CHUB  i Huye, umudamu  witwa  Nyiranzabahimana Marie Josée  yibarutse  abana batatu. Kubera kuvuka batujuje ibiro bikwiye, abana babaye bashyizwe mu byuma bibongerera ubushyehe(couveuses). Aba bana uko ari batatu ni  abakobwa. Twavuganye n’abaganga  bari kwita kuri aba bana ndetse na […]Irambuye

Abakobwa barindaga Khadaffi ngo bafatwaga ku ngufu

Ibitangazamakuru byemezaga ko aba bakobwa ari amasugi, bamwe mu bamuvuyeho nyuma yo guhiriwa kwe ku butegetsi i Tripoli batangiye kuvuga uburyo bafashwe ku ngufu, ndetse binjijwe mu gisirikare cyo kurinda Khadaffi ku ngufu. Bano bakobw abazwi cyane ku izina rya « Amazones », bose hamwe ngo bageraga kuri 400, batorezwaga mu kigo cyabashyiriweho na Khadaffi  ubwe mu […]Irambuye

Mwitondere amakarita ya MTN mugura ku muhanda

Niba uguze ikarita ya MTN kumuhanda, banza urebe niba ijya muri telephone yawe uyiguhaye akiri aho, ni inama ku bafatabuguzi ba MTN kubera kwiyongera kw’abacuruza amakarita y’amahimbano. Norman Munyampundu ushinzwe gukorana n’abafatabuguzi muri MTN, yatangarije Newtimes dukesha iyi nkuru ko hari bamwe mu bacuruzi b’amacarita ya MTN bongera bagasubiza ku ikarita akantu kaba gahishe umubare […]Irambuye

Kubabara mu gihe cy’imihango byaba biterwa ni iki?

Kubabara mu gihe cy’imihango byitwa dysmenorrhea mu rurimi rw’icyongereza bikaba bihangayikisha  cyane kandi ntibibe ku bakobwa bose bari mu myaka y’uburumbuke ku rugero rumwe ndetse hari nabo bitabaho. Mu buganga uku kubabara kugabanyijemo ibice bibiri IGICE CYA MBERE :kubabara bidatewe n’indwara Biterwa n’imikorere y’umubiri isanzwe (physiology) yahungabanye gusa ibintu 2 by’ingenzi nibyo bitera ubwo bubabare: […]Irambuye

en_USEnglish