Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu, ahagana saa saa moya z’ijoro mu bitaro bya Kaminuza, CHUB i Huye, umudamu witwa Nyiranzabahimana Marie Josée yibarutse abana batatu. Kubera kuvuka batujuje ibiro bikwiye, abana babaye bashyizwe mu byuma bibongerera ubushyehe(couveuses). Aba bana uko ari batatu ni abakobwa. Twavuganye n’abaganga bari kwita kuri aba bana ndetse na […]Irambuye
Ibitangazamakuru byemezaga ko aba bakobwa ari amasugi, bamwe mu bamuvuyeho nyuma yo guhiriwa kwe ku butegetsi i Tripoli batangiye kuvuga uburyo bafashwe ku ngufu, ndetse binjijwe mu gisirikare cyo kurinda Khadaffi ku ngufu. Bano bakobw abazwi cyane ku izina rya « Amazones », bose hamwe ngo bageraga kuri 400, batorezwaga mu kigo cyabashyiriweho na Khadaffi ubwe mu […]Irambuye
Niba uguze ikarita ya MTN kumuhanda, banza urebe niba ijya muri telephone yawe uyiguhaye akiri aho, ni inama ku bafatabuguzi ba MTN kubera kwiyongera kw’abacuruza amakarita y’amahimbano. Norman Munyampundu ushinzwe gukorana n’abafatabuguzi muri MTN, yatangarije Newtimes dukesha iyi nkuru ko hari bamwe mu bacuruzi b’amacarita ya MTN bongera bagasubiza ku ikarita akantu kaba gahishe umubare […]Irambuye
Kubabara mu gihe cy’imihango byitwa dysmenorrhea mu rurimi rw’icyongereza bikaba bihangayikisha cyane kandi ntibibe ku bakobwa bose bari mu myaka y’uburumbuke ku rugero rumwe ndetse hari nabo bitabaho. Mu buganga uku kubabara kugabanyijemo ibice bibiri IGICE CYA MBERE :kubabara bidatewe n’indwara Biterwa n’imikorere y’umubiri isanzwe (physiology) yahungabanye gusa ibintu 2 by’ingenzi nibyo bitera ubwo bubabare: […]Irambuye